Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Rubavu: Mu Murenge umwe imvura yasenye inzu zigera kuri 41

Yanditswe na: TUYISHIMIRE RAYMOND
2023/03/10 3:14 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Imvura irimo amahindu n’umuyaga yaguye ku mugoroba wo ku wa Kane tariki ya 09 Werurwe 2023, yasenye inzu nyinshi mu Karere ka Rubavu, aho mu Murenge umwe wa Nyamyumba habaruwe izigera kuri 41.

Umutage areba igihombo imvura yamuteje ku bishyimbo yari atezemo amafaranga

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyamyumba, Murindangabo Eric, yabwiye UMUSEKE  ko iyi mvura yangije n’ibindi bitandukanye.

Ati “Kugeza ubu inzu twamaze kumenya ni 41, ibigo by’amashuri bibiri (2), ibyumba bibiri kuri buri Kigo n’igikoni byagurutse, urusengero rumwe na rwo rwagurutse.”

Ibyo bigo ni GS Kabiza hagurutse ibyumba bibiri n’igikoni ndetse Centre Scolaire Rubona(CS Rubona)  naho hagurutse ibyumba bibiri n’igikoni.

Kwamamaza

Hari inzu yaguye ku baturage batanu, batatu bagiye kwivurizwa ku Kigo Nderabuzima, abandi bagiye ku Bitaro bikuru bya Gisenyi.

Uyu muyobozi avuga ko hagikorwa ibarura ry’ibyangiritse ariko ko abaturage bamwe bari bacumbitse mu baturage.

Ati “Kugeza ubu hari hakibarurwa ibyangiritse ariko hari abacumbitse mu baturanyi.”

Mu byo imvura yasenye harimo n’urusengero

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEK.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

AS Kigali ishobora kungukira mu kavuyo Rayon yishoyemo

Inkuru ikurikira

Amakipe ahagarariye u Rwanda muri Gambia yatangiye neza

Izo bjyanyeInkuru

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

2023/03/27 2:40 PM
Afande Muhoozi yatumiye abanyarwanda mu gitaramo gikomeye muri Uganda

Afande Muhoozi yatumiye abanyarwanda mu gitaramo gikomeye muri Uganda

2023/03/27 1:57 PM
Inkuru ikurikira
Amakipe ahagarariye u Rwanda muri Gambia yatangiye neza

Amakipe ahagarariye u Rwanda muri Gambia yatangiye neza

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010