Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Afurika

Umunyamabanga Mukuru wa UN yinginze M23 ngo ihagarike imirwano

Yanditswe na: TUYISHIMIRE RAYMOND
2023/03/07 5:40 AM
A A
1
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Umunyamabanga mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres yasabye umutwe wa M23 guhagarika imirwano kuri uyu wa Gatatu tariki ya 07 Werurwe, kandi ukava mu duce wigaruriye.

Umunyamabanga Mukuru wa UN, António Guterres

Antonio Guterres yavuze ko ari mu rwego rwo gushyira mu bikorwa inyanzuro y’inama yabereye i Luanda muri Angola ku wa 23 Ugushyingo, 2022.

Umunyamabanga mukuru wa Loni yashimye umuhate wa Perezida wa Angola, João  Lourenço, uburyo agira uruhare mu gushaka amahoro n’ubwiyunge.

Guterres yamaganye ihohoterwa ryose rikorerwa abaturage asaba imitwe yose iri muri Congo n’iyavuye mu bindi bihugu kurambika intwaro hasi.

Kwamamaza

Antonio yemeje ko “Ibihugu bikomeza gushyigikira amasezerano y’i Luanda na Nairobi.”

Umuvugizi w’Umuryango Mukuru wa Loni, Stephanie Dujarric, yasabye ko “impande zose zihanganye zakubaha amahame y’uburenganzira bwa muntu kandi hakabaho uburyo bwo kurinda abaturage.”

Imitwe yose ikorera muri Congo irimo na M23 yahawe igihe ntarengwa cyo kuba yarambitse intwaro hasi, bitarenze ku wa 30 Werurwe uyu mwaka.

Kugeza ubu ntawakwemeza ko uyu mutwe uzashyira mu bikorwa amasezerano.

M23 ishinja igisirikare cya Leta FARDC kuyitera mu birindiro byayo bityo guhagarika imirwano byaba bigoye.

Kugeza ubu imirwano ikomeje mu duce dutandukanye muri Masisi na Rutshuru.

Ibiro by’Umukuru w’igihugu muri Angola biherutse gutangaza ko mu biganiro bigirana n’umutwe wa M23, abayobozi bawo biyemeje guhagarika imirwano kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Werurwe, 2023.

TUYISHIMIRE Raymond /UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

U Rwanda rurakira ibihugu 40 mu nama yiga kugabanya ibyaha ku Isi

Inkuru ikurikira

Nyanza: Hari abakozi ba G.S Gahombo A bamaze amezi menshi badahembwa

Izo bjyanyeInkuru

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM
EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
M23 si umutwe w’ibyihebe, barwanira uburenganzira bwabo – Gen Muhoozi

Gen Muhoozi agiye gusezera igisirikare – Arajya he?

2023/03/27 3:41 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Inkuru ikurikira
Nyanza: Hari abakozi ba G.S Gahombo A bamaze amezi menshi badahembwa

Nyanza: Hari abakozi ba G.S Gahombo A bamaze amezi menshi badahembwa

Ibitekerezo 1

  1. lg says:
    shize

    Ubwo nidhyira intwaro hasi ikava mubice yigaruriye halimo naho bavuka barajyahe!!igikutikiraho nugutsemba imiryango yabo bagume aho bali kugeza Congo yemeye imishyikirano

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010