Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Imyidagaduro

Umunyamideli w’umunyarwandakazi ari mu munyenga w’urukundo – AMAFOTO

Yanditswe na: KUBWIMANA Bona
2023/03/16 10:22 AM
A A
1
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Umunyarwandakazi umaze kubaka izina mu kumurika imideli Sandrine ari mu munyenga w’urukundo hamwe n’umuzungu bari gutemberana mu gihugu cya Espagne.

Sandrine ubu ari kubarizwa i Barcelona

Uyu mukobwa amaze igihe ari kubarizwa muri Espagne mu mujyi wa Barcelona aho yajyanye n’abandi ba nyamideli barimo Kabano Franco.

Muri urwo rugendo uyu mukobwa yagiye yerekana ibihe byiza yarugiriyemo, aza no kwerekana umugabo bari mu Rukundo w’umuzungu.

Aganira ba Umuseke yavuze ko biri ukuri ari mu Rukundo gusa yanga kugira byinshi avuga kuri uwo mukunzi we.

Kwamamaza

Sandrine yabanje ashyira ifoto ye kuri Instagram arikumwe n’uwo mukunzi barikumwe avuga ko hari umuntu ukunzwe.

Yarengejeho amagambo yo mu ndirimbo agira ati “Ni wowe gusa, uko biri kose ntawakurusha…Urabaruta.”

Nubwo bari batembereye muri Espagne Sandrine avuga ko uyu mukunzi we atariho atuye.

Sandrine yamamaye mu bikorwa byinshi by’imideli haba ibyo yakoreye mu Rwanda nka Kigali Fashion Week, ndetse n’ibindi ku mugabane w’Iburayi haba mu Butaliyani, mu Bufaransa n’ahandi.

Uyu mukobwa kandi akunze kugaragara yamamaza ibikorwa bitandukanye aho kuri ubu ari umwe mu bari ku byapa bya Primus hamwe n’umuhanzi Bruce Melodie.

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Perezida Kagame yaconze ruhago mu kwishimira ko Stade ya Kigali yitiriwe Pelé

Inkuru ikurikira

Huye: Umusore yakubiswe n’inkuba ari kumwe na mushiki we

Izo bjyanyeInkuru

Javanix na Racine bakoze indirimbo iri mu njyana idasanzwe mu Rwanda-YUMVE

Javanix na Racine bakoze indirimbo iri mu njyana idasanzwe mu Rwanda-YUMVE

2023/03/26 4:48 PM
Umuhanzi Limu akangurira urubyiruko kwigira ku bana b’i Nyange babaye Intwari

Umuhanzi Limu akangurira urubyiruko kwigira ku bana b’i Nyange babaye Intwari

2023/03/25 2:34 PM
Knowless yakoranye indirimbo n’icyamamare Alex Cuba wegukanye Grammy Awards

Knowless yakoranye indirimbo n’icyamamare Alex Cuba wegukanye Grammy Awards

2023/03/25 12:58 PM
Miss Elsa  yujuje imyaka 25, Prince Kid aramutaka

Miss Elsa yujuje imyaka 25, Prince Kid aramutaka

2023/03/25 12:04 PM
2 Shots Club yahaye ubwasisi abakunzi ba Cyusa

2 Shots Club yahaye ubwasisi abakunzi ba Cyusa

2023/03/24 4:48 PM
Gikondo: Ahitwaga kuri “Morgue” hagiye kubera igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge n’uburaya

Gikondo: Ahitwaga kuri “Morgue” hagiye kubera igiterane cyo kurwanya ibiyobyabwenge n’uburaya

2023/03/24 11:38 AM
Inkuru ikurikira
Umusore wari utegereje gukora ubukwe, bamusanze mu ishyamba yapfuye

Huye: Umusore yakubiswe n'inkuba ari kumwe na mushiki we

Ibitekerezo 1

  1. mahoro says:
    shize

    Ibyitwa “kuba mu rukundo”,isanga ari ukubeshyana.Kenshi biba bigamije kwishimisha gusa.Byitwa ko “bali mu munyenga w’urukundo”,ejo bagatandukana nabi.Nibyo byabaye kuli Kim Kardashian warongowe n’abagabo 16,bose batandukana.Niko byabaye kuli Rihanna wabanye n’abagabo 7;Jennifer Lopez wabanye n’abagabo 4,Beyonce wabanye n’abagabo 9;ZARI umaze kubana n’abagabo 3.Tudashyizemo abagabo batabarika baryamanye nabo.Nubwo abantu millions na millions bishimisha mu busambanyi,bibabaza imana yaturemye kandi bizatuma barimbuka,babure ubuzima bw’iteka no kuzuka ku munsi wa nyuma.Kwishimisha akanya gato,usuzugura Imana yaguhaye umubiri,ni ukutagira ubwenge nyakuli (lack of wisdom).

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010