Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
Nta gisubizokibonetse
Reba byose
Umuseke
Ahabanza Amakuru aheruka

Urubanza rwa Prince Kid rwasubitswe ku munota wa nyuma

Yanditswe na: Ange Eric Hatangimana
2023/03/09 1:36 PM
A A
0
Share on FacebookShare on TwitterWhatsapp

Ishimwe Dieudonne wamenyekanye nka Prince Kid byari biteganijwe ko azaburana ku wa 10 werurwe 2023, ku Rukiko Rukuru ubujurire, gusa uru rubanza ntirukibaye kuri uyu wa Gatanu.

Urukiko Rukuru rwasubitse iburanisha ruvuga ko itariki rwari kuburanishirizaho uru rubanza ruyifiteho inama.

Umunyamakuru wa UMUSEKE ubwanditsi bw’Urikiko bwamubwiye ko iburanisha rya Isimwe Dieudonne ryimuriwe ku wa 31 Werurwe 2023 saa tatu za mu gitondo.

Kwamamaza

Ishimwe Diedonne ubwo yaburanye mu mizi mu Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge, ibyaha Ubushinjacyaha bwamukurikiranyeho byo “Guhoza undi ku nkeke”.

Icyo cyaha ku wa 02 Ukuboza 2022 urwo rukiko rwakimugizeho umwere, ruhita rutegeka ko arekurwa urubanza rukimara gusomwa.

Ku wa 31 Ukuboza 2022  Ubushinjacyaha bwahise bujuririra icyemezo cy’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge cyo kurekura ISHIMWE.

Ishimwe Diedonne yatawe muri yombi bwa mbere kuwa 25 Mata, 2022 aho icyo gihe urwego rw’ubugencyana, RIB rwatangaje ko rumukekaho ibyaha bitandukanye, birimo Ihohotera rishingiye ku gitsina, aho rwavugaga ko yasambanyije bamwe mu bakobwa bitabiriye irushanwa rya Miss Rwanda yateguraga.

Urubanza rwa Prince Kid ruri mu zavuzwe cyane muri 2022 kubera ko ari umuntu uzwi mu marushanwa ya Miss Rwanda,  yateguye mu myaka icyenda.

Mu ntangiriro za Werurwe, 2023 Prince Kid yasezeranye mu murenge wa Rusororo na Iradukunda Elsa, wabaye Miss bemeranya kuzabana akaramata.

Jean Paul NKUNDINEZA/ UMUSEKE.RW

Yisangize abandiTweetYisangize abandiOhereza
Inkuru yabanje

Ferwafa na Rayon Sports bongeye kujya mu mitsi

Inkuru ikurikira

Ruhango: Abashakanye basabwe kwizirika ku isezerano ry’urukundo

Izo bjyanyeInkuru

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM
EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

EAPCCO: U Rwanda rwihariye imidari mu irushanwa ry’Abapolisi

2023/03/27 5:01 PM
Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

Byabaye bibi cyane, amasasu yavuze mu myigaragambyo ibera muri Kenya

2023/03/27 4:40 PM
Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

Sankara na bagenzi be bagiye gukamurwamo ubunyeshyamba

2023/03/27 3:21 PM
Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

Umugabo yanditse urwandiko rw’irage nyuma yo kwica umugore we

2023/03/27 2:47 PM
Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

Ingabo za Uganda zakozanyijeho n’inyeshyamba benshi bahasiga ubuzima

2023/03/27 2:40 PM
Inkuru ikurikira
Ruhango: Abashakanye basabwe kwizirika ku isezerano ry’urukundo

Ruhango: Abashakanye basabwe kwizirika ku isezerano ry'urukundo

Kwamamaza

Kwamamaza

Facebook Twitter Youtube
Umuseke

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y'umwihariko asana imitima y'abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

Tel/whatsapp:+250 788 306 908
Tel/whatsapp:+250 788 772 818
Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

Benin yaje i Kigali itari kumwe n’abakinnyi babiri b’imena

2023/03/27 6:55 PM

©Umuseke, Publishing since 2010

Nta gisubizokibonetse
Reba byose
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi

©Umuseke, Publishing since 2010