Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Reading: Rayon Sports iragura undi mukinnyi usatira izamu
Share
Umuseke
Aa
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Shakisha
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
© 2023 UMUSEKE Ltd. All Rights Reserved.

Rayon Sports iragura undi mukinnyi usatira izamu

Ange Eric Hatangimana Ange Eric Hatangimana 13/08/2023 1:42
Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele

Mu kiganiro n’itangazamakuru nyuma y’umukino Rayon Sports yatsinzemo APR FC ibitego 3-0, Rtd Capt. Uwayezu Jean Fidele yavuze ko iyi kipe iteganya kugura umukinnyi mushya utaha izamu.

Perezida wa Rayon Sports Uwayezu Jean Fidele

Imihanda y’i Nyamirambo yari yuzuye abafana ba Rayons Sports bagenda babyina Murera, n’izindi ndirimbo zo kwishima kuri APR FC nyuma yo kuyinyagira ibitego 3-0, bakanatwara igikombe kiruta ibindi, Super Cup.

Mu kiganiro Perezida wa Rayon Sports yahaye itangazamakuru, yavuze ko igikombe batwaye kivuze ko Rayon Sports irimo kwiyubaka, ndetse bikagaragaza ko igiye gutangira shampiyona neza.

Yavuze ko biteguye bashyize hamwe n’abafana, bityo bakaba biteguye gukina imikino nyafurika.

Uwayezu Jean Fidele yavuze ko uwari umutoza wungirije wa Rayons Sports yahawe akazi ko gutoza ikipe y’abagore n’ingimbi.

Ku byo kugura abakinnyi, Uwayezu Jean Fidele yagize ati “Dushobora kongeramo umukinnyi mu busatirizi, hari uwo tuzongeramo.”

Yanavuze ku kibazo cy’umukinnyi ukomoka mu Burundi, witwa Aruna MADJALIWA wari ku rutonde rw’ababanza mu kibuga ariko ku munota wa nyuma ngo umukino utangire, ntiyakoreshwa.

Uyu mukinnyi amakuru avuga ko afitanye ikibazo n’ikipe yavuyemo aje muri Rayon Sports mu bijyanye n’amasezerano yo kugurishwa kwe.

UMUSEKE.RW

- Advertisement -

You Might Also Like

Guverinoma y’u Rwanda yamuritse Inkoranyamagambo y’ururimi rw’amarenga

Umugabo wacukuye icyo mu nzu ye “ari kubibazwa”

Abaturage bateye amabuye kugeza apfuye umugore “bavuga ko yaroze abana babiri”

M23 igiye gufata ibice byarimo ingabo za Kenya zari muri Congo

Tora IZABAYO Clementine intumwa nyayo ku mwanya w’umujyanama rusange

Ange Eric Hatangimana 13/08/2023 1:42 13/08/2023 1:42
Share
Inkuru ibanza Inzovu, inyamaswa ifite byinshi yihariye, ubushobozi bwayo bwo kwibuka bukubye 3 ubw’umuntu
Inkuru ikurikira Amahanga yasabwe kugeza mu butabera abishe Abanyamulenge mu Gatumba
- Advertisement -

Amakuru aheruka

Guverinoma y’u Rwanda yamuritse Inkoranyamagambo y’ururimi rw’amarenga
Amakuru aheruka Andi makuru Inkuru Nyamukuru
Umugabo wacukuye icyo mu nzu ye “ari kubibazwa”
Amakuru aheruka Inkuru Nyamukuru Ubutabera
Abaturage bateye amabuye kugeza apfuye umugore “bavuga ko yaroze abana babiri”
Amakuru aheruka Inkuru Nyamukuru Mu cyaro
M23 igiye gufata ibice byarimo ingabo za Kenya zari muri Congo
Afurika Amahanga Amakuru aheruka Inkuru Nyamukuru
-Kwamamaza -
Facebook Twitter Youtube

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y’umwihariko asana imitima y’abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

 

Tel/whatsapp:+250 788 306 908

Tel/whatsapp:+250 788 772 818


Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Guverinoma y’u Rwanda yamuritse Inkoranyamagambo y’ururimi rw’amarenga
03/12/2023 4:28

© UMUSEKE Network. Since 2010. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?