Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Reading: Goma yongeye gucana  nyuma y’iminsi 5 iri  mu icuraburindi
Share
Umuseke
Aa
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Shakisha
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
© 2023 UMUSEKE Ltd. All Rights Reserved.

Goma yongeye gucana  nyuma y’iminsi 5 iri  mu icuraburindi

TUYISHIMIRE RAYMOND TUYISHIMIRE RAYMOND 14/11/2023 9:56
Umujyi wa Goma wongeye kugira amashanyarazi nyuma y'iminsi itanu

Ikigo cya Virunga Energies gisanzwe gikwirakwiza umuriro mu mujyi wa Goma no mu nkengero zayo cyatangaje ko kuri ubu umujyi wa Goma wongeye gucana nyuma y’iminsi itanu uri mu mwijima.

Ku wa 8 Ugushyingo 2023 nibwo  iki kigo cyatangaje ko umujyi wa Goma ucuze umwijima bitewe n’imirwano umutwe wa M23 uhanganyemo na FARDC n’indi mitwe bafatanya.

Virunga Energies yavuze ko itazi igihe izabasha gucanira abaturage kuko idafite ubushobozi bwo kugera mu duce tuberamo imirwano.

Iki kigo kivuga byari imbogamizi gucana amatara yo ku muhanda ndetse no gucanira ibitaro.

Ku wa mbere tariki ya 13 Ugushyingo 2023, iki kigo cyasohoye itangazo rivuga ko kuri ubu umujyi wa Goma wongeye kwaka.

Yagize iti  “Kugarura amashanyarazi ni imbaraga zagizwemo uruhare n’abantu benshi kandi Virunga Energies ishimira cyane. Niyo mpamvu umuhate wabo ba tekinisiye wadufashije kubasha kwihanga no kwizera kuva aho ku wa 6 Ugushyingo umuriro uburiye.

Iki kigo cyivuga ko kuri ubu Goma n’ibice biyikikije bicana  bigizwemo uruhare n’imiyoboro ibiri mishya bashyize muri ako gace.

Guverinoma ya RDCongo yashinje umutwe wa M23 kugira uruhare mu ibura ry’uwo muriro.

Icyakora uyu mutwe wabiteye utwatsi uvuga ko nta ruhare na ruke ifite mu ibura ryawo.

- Advertisement -

Umuvugizi wa politiki w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka  yagize ati “M23 iramenyesha abaturage ko idashinzwe ibijyanye no gukupa umuriro mu Mujyi wa Goma no mu nkengero zawo.Sosiyete y’ingufu ya Virunga  iri gukora neza ibikorwa byayo mu bice dusanzwe tugenzura.M.Tshisekedi agomba guhagarika gukandamiza no kwica abanye-Congo.”

Goma yari yabaye icuraburindi

UMUSEKE.RW

You Might Also Like

Nyabihu: Ba Mudugudu bemerewe Telefone amaso ahera mu kirere

Abafana ba APR batewe agahinda n’ikipe bihebeye

Amajyaruguru : Uturere 3 tugiye kubura umuriro

RIB yafunze abayobozi ba koperative banyereje arenga Miliyoni 160Frw

Abagore bo mu Ishyaka Green Party bahize gukomeza kubaka igihugu

TUYISHIMIRE RAYMOND 14/11/2023 9:57 14/11/2023 9:56
Share
Inkuru ibanza Perezida Kagame yagiranye ibihe byiza n’umwuzukuru we
Inkuru ikurikira Ibitaro bya Nyarugenge byavuze ku musekirite wagiye mu mitsi n’umurwaza
- Advertisement -

Amakuru aheruka

Nyabihu: Ba Mudugudu bemerewe Telefone amaso ahera mu kirere
Inkuru Nyamukuru Mu cyaro
Abafana ba APR batewe agahinda n’ikipe bihebeye
Imikino Inkuru Nyamukuru
🔴 BASAMBANYE MU RUHAME🔥 APOTRE MUTABAZI AVUZE UKWIYE GUHANWA – ASANGA UMURYANGO WARASENYUTSE 💔💔
UMUSEKE TV
Amajyaruguru : Uturere 3 tugiye kubura umuriro
Amakuru aheruka Andi makuru Inkuru Nyamukuru
-Kwamamaza -
Facebook Twitter Youtube

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y’umwihariko asana imitima y’abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

 

Tel/whatsapp:+250 788 306 908

Tel/whatsapp:+250 788 772 818


Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Nyabihu: Ba Mudugudu bemerewe Telefone amaso ahera mu kirere
06/12/2023 2:53

© UMUSEKE Network. Since 2010. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?