Umuseke
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Reading: Umusore yishwe n’imodoka mu buryo butunguranye
Share
Umuseke
Aa
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
Shakisha
  • Ahabanza
  • Nyamukuru
  • Mu cyaro
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Amahanga
  • Imyidagaduro
  • Imikino
  • Utuntu n’utundi
  • Privacy Policy
© 2023 UMUSEKE Ltd. All Rights Reserved.

Umusore yishwe n’imodoka mu buryo butunguranye

TUYISHIMIRE RAYMOND TUYISHIMIRE RAYMOND 21/11/2023 4:09

Byabereye mu Mudugudu wa Murehe, Akagari ka Miyove ho mu Murenge wa Miyove, kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2023 mu masaha ya saa tatu z’umugoroba.

Amakuru avuga ko umusore witwa Turatsinze Jean Claude w’ imyaka 33 yuriye imodoka yavaga ahitwa ku ibanda, yerekeza mu isantere ya Miyove, imodoka ubwo yari muri Kaburimbo yashatse gusigara, asimbutse akubita umutwe muri Kaburimbo ahita apfa.

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’umurenge wa Miyove Rwitare Rambert yatangarije UMUSEKE uko byagenze.

Ati” Yego byabayeho, urebye imodoka yayuriye igenda ariko Shoferi ashobora kuba atamenye ko hari umuturage uri inyuma, yari  imodoka isanzwe ipakira ibintu (Pic up),  yamanutse muri Kaburimbo akubita umutwe hasi ahita apfa.”

Umunyamabanga Nshingwabikorwa atanga inama ku bantu burira imodoka zigenda, cyane cyane urubyiruko ko babireka, kuko bikunze gushyira ubuzima bwabo mu kaga.

Ati” Turasaba abaturage kuturira imodoka zigenda cyane cyane urubyiruko, kuko bibaviramo impanuka zishyira ubuzima bwabo mu kaga”.

Umurambo wa Nyakwigendera wajyanywe ku Bitaro bya Byumba gukorerwa isuzuma, Imodoka nayo ijyanwa  kuri sitasiyo ya Polisi.

UMUSEKE.RW

You Might Also Like

Abaturage bateye amabuye kugeza apfuye umugore “bavuga ko yaroze abana babiri”

M23 igiye gufata ibice byarimo ingabo za Kenya zari muri Congo

Tora IZABAYO Clementine intumwa nyayo ku mwanya w’umujyanama rusange

Ubuyobozi bwa Kiyovu bwatanze umucyo ku bibazo biyivugwamo

Muhanga: Abakekwaho kwica umukecuru bamushinyaguriye batawe muri yombi

TUYISHIMIRE RAYMOND 21/11/2023 4:09 21/11/2023 4:09
Share
Inkuru ibanza Abatujwe mu Mudugudu wa Kaniga basabwe kwita ku nzu bubakiwe
Inkuru ikurikira Imodoka yagwiriye inzu irasenyuka
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Amakuru aheruka

Abaturage bateye amabuye kugeza apfuye umugore “bavuga ko yaroze abana babiri”
Amakuru aheruka Inkuru Nyamukuru Mu cyaro
M23 igiye gufata ibice byarimo ingabo za Kenya zari muri Congo
Afurika Amahanga Amakuru aheruka Inkuru Nyamukuru
M23 – AMAKURU MASHYA YA GEN MAKENGA – AMERICA IBISHATSE INTAMBARA YA CONGO YARANGIRA – RUDATSIMBURWA
UMUSEKE TV
Tora IZABAYO Clementine intumwa nyayo ku mwanya w’umujyanama rusange
Amakuru aheruka Inkuru Nyamukuru Mu cyaro
-Kwamamaza -
Facebook Twitter Youtube

Umuseke.rw ni urubuga rwatangiye muri 2010 hashyira 2011 rufite intego zo gutangaza amakuru y’umwihariko asana imitima y’abasomyi, akabigisha ndetse abamenyesha ibibera hirya no hino. Kuva icyo gihe kugera ubu, ntituradohoka.

Twandikire

 

Tel/whatsapp:+250 788 306 908

Tel/whatsapp:+250 788 772 818


Email: [email protected]

Inkuru iheruka

Abaturage bateye amabuye kugeza apfuye umugore “bavuga ko yaroze abana babiri”
03/12/2023 3:00

© UMUSEKE Network. Since 2010. All Rights Reserved.

Removed from reading list

Undo
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?