Abanyenganda bo muri Afurika bashyizwe igorora
Umuryango wa ARSO urashishikariza abafite inganda nto n’iziciriritse kwitabira ikirango cy’ubuziranenge nyafurika kugira ngo babone amahirwe yo gucuruza ibicuruzwa byabo ku mugabane wose wa Afurika nta nkomyi. Ni ubutumwa bwatanzwe mu nama y’iminsi ibiri yabereye mu Rwanda, aho abaturutse mu bihugu bitandatu bya Afurika baganiriye ku guhuza ibisabwa mu by’ubuziranenge kugira ngo inganda nto zibashe […]