Browsing author

NDEKEZI Johnson

Abanyenganda bo muri Afurika bashyizwe igorora

Abanyenganda bo muri Afurika bashyizwe igorora

Umuryango wa ARSO urashishikariza abafite inganda nto n’iziciriritse kwitabira ikirango cy’ubuziranenge nyafurika kugira ngo babone amahirwe yo gucuruza ibicuruzwa byabo ku mugabane wose wa Afurika nta nkomyi. Ni ubutumwa bwatanzwe mu nama y’iminsi ibiri yabereye mu Rwanda, aho abaturutse mu bihugu bitandatu bya Afurika baganiriye ku guhuza ibisabwa mu by’ubuziranenge kugira ngo inganda nto zibashe […]

Ingabo za SADC zatangiye kuva muri Congo

Ingabo za SADC zatangiye kuva muri Congo

Ingabo z’Umuryango wa Afurika y’amajyepfo (SADC) zahawe n’u Rwanda inzira yo kunyuzaho intwaro nyuma y’igihe zitsinzwe n’abarwanyi b’umutwe wa M23 bahanganiye mu Mujyi wa Goma. Kuri uyu wa 29 Mata, nibwo ingabo za SADC zatsinzwe ku rugamba zacyuye ibikoresho byazo zibinyujije mu Rwanda. Ni ibikoresho birimo ibifaru bikururwa n’iminyururu ndetse n’imbunda ziremereye zikorewe n’ibimodoka binini. […]

Perezida Kagame yaganiriye na Embaló wa Guinea-Bissau

Perezida Kagame yaganiriye na Embaló wa Guinea-Bissau

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Mata, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Perezida wa Guinea-Bissau Umaro Sissoco Embaló uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda.  Abakuru b’Ibihugu bombi baganiriye ku ngingo zinyuranye zirebana n’umugabane ndetse n’Isi, n’uburyo bwo kurushaho kwimakaza ubutwererane bw’ibihugu byombi mu nzego zigirira akamaro abaturage b’u Rwanda n’aba […]

Kicukiro: Inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi ibyarimo birakongoka

Inkongi y’umuriro yibasiye inzu y’ubucuruzi yo mu Karere ka Kicukiro yari ifite imiryango ine, hangirika ibifite agaciro k’akabakaba miliyoni 56 z’amafaranga y’u Rwanda. Ni inkongi yabaye mu masaha ya saa Saba n’igice mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Kicukiro Umurenge wa Kanombe , Akagari ka Kabeza mu mududu wa Kabeza. Iyi nzu y’ubucuruzi yari ifite […]

Koreya ya Ruguru yemeje ko yohereje ingabo mu Burusiya

Ku nshuro ya mbere Koreya ya Ruguru yameje ko yohereje ingabo kurwanira Uburusiya mu ntambara burimo na Ukraine. Igisirikare cya Koreya ya Ruguru cyavuze ko cyafashije ingabo z’Uburusiya kubohora akarere ko ku mupaka ka Kursk, ku itegeko ryatanzwe na Perezida Kim Jong Un. Ni nyuma y’uko Umukuru w’ingabo z’Uburusiya Valery Gerasimov ashimye ubutwari bw’ingabo za […]

Gweda 21 yasohoye indirimbo nshya-VIDEO

Umuhanzi w’Umunyarwanda ukorera umuziki muri Canada, Gweda 21, yashyize hanze indirimbo nshya yakoranye n’abahanzi Wlnone na Sid Wurd. Ni indirimbo uyu musore ukomoka mu Karere ka Musanze yise ‘All My Life’, igaruka ku rugendo rwe rwo guhindura umuziki nyarwanda. Avuga ko yahisemo gukorera ibihangano bye muri Canada mu rwego rwo gukora umuziki mpuzamahanga, anashaka kongera […]

ADEPR Paruwase ya Gatenga yibutse abari abakiristu bishwe muri Jenoside

Itorero rya Pentekote mu Rwanda, Paruwase ya Gatenga ryibutse abari abayoboke baryo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Ni igikorwa cyabaye kuri uyu wa 25 Mata, cyabanjirijwe no gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza, hanashyirwa indabo ahashyinguye Abatutsi bishwe muri Jenoside. Abakirisitu n’abayobozi batandukanye batambagijwe ibice bigize uru rwibutso banasobanurirwa amateka ya Jenoside […]

Uko Mukarurangwa yigobotoye Malaria

Mukarurangwa Marie Rose utuye umurenge wa Mukindo mu karere ka Gisagara, aratangaza ko nyuma y’igihe malaria yarafashe indaro mu rugo rwe ubu hashize imyaka ibiri ihacitse kubera kurara mu nzitiramubu. Uyu murenge wa Mukindo Mukarurangwa atuyemo uri mu mirenge y’aka karere yakunze kubamo malaria cyane bitewe no kuba uturiye igishanga cy’Akanyaru kizwiho kuba indiri y’imibu […]

Malariya ikomeje kwiyongera muri Nyagatare

Mu mirenge imwe n’imwe yo mu Karere ka Nyagatare, abaturage bavuga ko malariya ikomeje kwiyongera, ariko Akarere kavuga ko hafashwe ingamba zo kuyihashya. Kugeza ubu, Akarere ka Nyagatare kari ku mwanya wa kabiri mu turere turwaza cyane malariya mu Rwanda. Muri Werurwe 2025, hagaragaye abarwayi 4,665, muri bo 3,194 bavuwe n’abajyanama b’ubuzima. Abaturage bavuga ko […]

Yagarukanye imbaraga! Twumvane indirimbo nshya ya Richard Nick Ngendahayo

Umunyabigwi mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, Richard Nick Ngendahayo, yashyize hanze indirimbo ye nshya yise “Uri Byose Nkeneye”, aca amarenga y’imishinga ikomeye mu muziki yiganjemo indirimbo nshya. Nyuma y’imyaka irenga 15 atari mu Rwanda atanakora cyane ibya muzika, Richard Nic Ngendahayo yagarukanye imbaraga n’umutima wuzuye kuramya. Ku ikubitiro yasohoye indirimbo “Uri Byose Nkeneye” […]