Amahanga

UPDATE: U Bufaransa bwashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Gabriel Attal, wasimbuye

Congo yigaramye ibyo kwakira impunzi za Palestine ziva muri Gaza

RD Congo na Congo Brazaville bahakanye ibyakwijwe n'ibitangazamakuru ko haba hari ibiganiro

Urugo rwa Moise Katumbi rwagoswe n’imodoka z’intambara

Moise Katumbi uherutse guhangana na Felix Antoine Tshisekedi mu matora y'umukuru w'igihugu

Kenya: 15 bapfiriye mu mpanuka

Muri Kenya abantu 15 bapfuye abandi barakomereka mu mpanuka y’imodoka yabaye  mu

Ubushinwa bwafatiye ibihano Kompanyi zo muri Amerika

Ubushinwa bwemeje ko bwafatiye ibihano bikakaye ibigo by'ubucuruzi bikomeye byo muri Amerika

Tshisekedi yaburiwe ko gutera u Rwanda ari nko kwiyahura

Lawrence Kanyuka, Umuvugizi w'Umutwe wa M23 yabwiye Perezida wa Repubulika ya Demokarasi

Ishyaka ryo mu Burundi rirasaba ko imipaka ibuhuza n’u Rwanda ifungwa

Ishyaka rya APDR ryo mu gihugu cy'u Burundi rirasaba ubutegetsi bwa Ndayishimiye

Jonathan Scott witwerereye kuba intasi ya Polisi y’u Rwanda ni muntu ki?

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko ntaho ihuriye na Jonathan Scott uherutse kwandikira

Amerika itewe impungenge n’amagambo ya Ndayishimiye ku batinganyi

Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko yababajwe n’amagambo ya Perezida w'u

Abakandida umunani bahatanye na Tshisekedi mu matora bariye karungu

Abakandida umunani mu bahatanye ku mwanya wa Perezida muri Repubulika ya Demokarasi

Gatolika ivuga ko umugisha uhabwa Abatinganyi atari ‘sakirirego’ ku Mana

Kiliziya Gatolika ivuga ko Uburenganzira Papa Francis yahaye abashumba ba kiliziya Gatorika

Impuguke za ONU zavuze uko ingabo z’u Burundi zikorana n’abarimo FDLR

Icyegeranyo cyashyikirijwe Inama nkuru ya ONU kivuga ko ingabo 1070 z'igisirikare cy'u

Impunzi zo muri Gaza mu nzira zo kujyanwa muri Congo

Leta ya Israel iratangaza ko iri mu biganiro n'ibihugu bitandukanye kugira ngo

SADC yasohoye itangazo ku ngabo zayo yohereje muri Congo

Umuryango w’ibihugu bya Africa y’Amajyepfo, SADC watangaje ko wohereje ingabo mu burasirazuba

Pasiteri akurikiranyweho kwica umugore utwite

Umugabo w’ahitwa Namasindwa muri Uganda arakekwaho kwica umugore we amuteye icyuma. Uyu