Amahanga

Abasirikare ba Amerika baburiye muri Afurika

Igisirikare cya Leta zunze Ubumwe za Amerika, Ishami ryacyo rikorera muri Afurika (AFRICOM) cyatangaje ko abasirikare bacyo babiri baburiwe irengero…

Trump yateguje “operasiyo” idasanzwe yo kubohora Hormuz

Donald Trump, Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko guhera kuri uyu wa mbere igihugu cye kigiye kubohora…

Ibitero bya ‘drones’ byishe inka nyinshi i Masisi

Ihuriro rya AFC/M23 rirashinja ingabo za Leta bahanganye gukoresha ‘drones’ n’imbunda ziremereye mu kurasa ibice bituwe n’abaturage muri teritwari za…

“America yasebeye muri Iran”, amagambo y’umuyobozi w’Ubudage yashenguye Trump

Leta zunze Ubumwe za America n'Ubudage ntibirimo kuvuga rumwe ku magambo umuyobozi w'Ubudage Friedrich Merz yatangaje avuga ko America yasebeye…

America yafatiye ibihano Perezida Joseph Kabila

Leta Zunze za America zafatiye ibihano Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) zimushinja gufasha…

Umutegetsi w’ikirenga wa Iran yashyize umucyo ku muhora wa Hormuz

Ayatollah Mojtaba Khamenei yatangaje ko Iran idateze gupfukamira Amerika n’abambari bayo kandi ko nta mwanya bafite mu muhora wa Hormuz.…

- Advertisement -
Ad image