Amahanga

Abifuza kurasa abahiritse ubutegetsi muri Niger bahawe nyirantarengwa

Ibihugu bitandukanye ku mugabane wa Afurika byahaye gasopo umuryango w'ubukungu wo muri

Perezida Ndayishimiye yaganiriye na Xi Jinping w’uBushinwa- AMAFOTO

Perezida w’uburundi,Ndayishimiye Évariste yabonanye na Perezida w’uBushinwa Xi Jinping, baganira ku ngingo

Niger: Abasirikare birukanye Perezida Bazoum ku butegetsi

Abasirikare bo mu gihugu cya Niger bemeje ko birukanye ku butegetsi Perezida

Perezida Suluhu yanenze abategetsi batindahaza urubyiruko

Perezida wa Tanzania, Samia Saluhu Hassan yagaragaje ko mu gihe Afurika itaragira

Amerwe y’inyama yatumye umugore ateka uruhinja

Umugore wo mu gihugu cya Uganda akurikiranyweho urupfu rw'umwana wari ufite amezi

Ghana: Minisitiri yeguye nyuma yo gushinjwa guhisha amafaranga mu rugo

Perezida wa Ghana Nana Akufo-Addo yemeye ubwegura bwa Minisitiri ushinzwe amazi,isuku n’isukura

DRC: Umusirikare yarashe abaje gushyingura umuhungu we yicamo 13

Umusirikare wo mu ngabo za Congo, FARDC yarashe abantu 13 barapfa harimo

Umupolisi mukuru wo muri Congo yishwe n’abataramenyekana

Colonel Sébastien Kabulo, umuvandimwe wa Minisitiri wa Siporo muri Repubulika ya Demokarasi

Umuyobozi wa Wagner yemeje gahunda yo gushinga imizi muri Afurika

Umuyobozi w’itsinda ry’abacanshuro rya Wagner, Yevgeny Prigozhin, avuga ko bazakomeza kurwana mu

Amashusho agaragaza abagore bakubitwa bambaye ubusa yateje uburakari

UBUHINDE: Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abagore bashorewe mu muhanda bambaye

Kenya: Batandatu baguye mu myigaragambyo idasanzwe

Abantu batandatu nibo bimaze kumenyakana ko baguye mu myigaragambyo karundura yabaye muri

Yanyuze iy’ubutaka, Madamu wa Perezida Ndayishimiye yageze mu Rwanda

Umugore wa Perezida w'u Burundi, Angeline Ndayishimiye yageze mu Rwanda aho yitabiriye

Fanta mu Burundi irabona umugabo igasiba undi

Muri Bujumbura no mu Ntara z'u Burundi hari abakunzi b'ibinyobwa bya Brarudi

Ibirego bishya muri dosiye ya Jenerali Bunyoni biracyisukiranya

Uko iminsi yicuma niko ibirego bishya byisukiranya kuri General de Police Alain

Igisirikare cya Congo cyashinje M23 kurenga ku gahenge no kwica abacivile

Itangazo igisirikare cya Congo Kinshasa cyasohoye, rivuga ko ubwicanyi bwabaye mu ijoro