Amahanga

Inyeshyamba zayogoje Congo zahawe igihe ntarengwa cyo kuva aho zigaruriye

Inama y’abakuru b’ibihugu byo mu karere yateraniye i Addis Ababa muri Ethiopia

Ibibazo bya Congo byahawe umwihariko mu nama yabereye muri Ethiopia

Kuri uyu wa Gatanu abakuru b’Ibihugu by’Akarere ka Africa y’Iburasirazuba baganiriye ku

Congo yatangaje imibare y’abasirikare b’u Rwanda binjiye ku butaka bwayo

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko abasirikare b'u

Congo ihakana kurasana n’abasirikare b’u Rwanda, ngo “yarashe amabandi”

Guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo witwa Ngwabidje Kasi, yasohoye itangazo rivuguruza ibyatangajwe

Abaturage b’i Kitchanga ntibashyigikiye ko M23 ihava

Mu mujyi wa Kitshanga muri Teritwari ya Masisi hafashwe n’ingabo z’umutwe wa

Ingabo z’u Burundi zagose uruganda rwa Zahabu muri Congo

Ingabo z'Abarundi ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro muri Congo mu Ntara

Kenya: Bahuriye muri Stade basaba Imana kugusha imvura – AMAFOTO

Perezida Wlliam Ruto yayoboye isengesho ryo gusaba Imana kugoboka igihugu mu bibazo

M23 yahawe iminsi ntarengwa ikaba yavuye mu bice yafashe byose

Abagaba Bakuru b’ingabo zo mu bihugu bya Africa y’Iburasirazuba, mu nama bakoze

Urukiko rwafatiriye imitungo ya Visi-Perezida

Urukiko rwo muri Africa y’Epfo rwategetse ifatira ry’ubwato buhenze, ndetse n’inyubako Visi

Ingabo za Congo zikomeje gushaka uko zisunika M23 ziyivana mu duce yigaruriye

Umutwe wa M23, uvugwa cyane mu mwitwe ihanganye cyane n'ingabo za Repubulika

UPDATE: Abishwe n’umutingito bararenga 23,000

UPDATE:  22h40 Umutingito wibasiye Turukiya na Syria umaze guhitana abantu 23,252. Imibare

Kuva Bunagana kugera i Sake- Ingabo za Congo zirarwana ikinyumanyuma

Ingabo za Leta ya Congo zikomeje gutakaza imbaraga n'ibirindiro byigarurirwa n'inyeshyamba za

Imirwano iravugwa i Sake mu gihe M23 yerekanye abasirikare ba Congo bayiyunzeho

Imirwano ikomeye yongeye kuvugwa kuri uyu wa Kane mu nkengerezo z’agace ka

Amasasu y’ingabo za MONUSCO yahitanye abasivile 8 – Official

Ubutegetsi bwa gisirikare muri Kivu ya Ruguru bwatangaje ko imvururu zabaye hagati

Televiziyo zo mu Rwanda zahagaritswe mu kirere cya Congo

Urwego rushinzwe ubugenzuzi muri Congo rwasabye CANAL+ itanga imirongo ya televiziyo binyuze