Amahanga

U Bubiligi burasaba u Rwanda kumvisha M23 guhagarika imirwano

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububligi, unashinzwe imirimo y’Ubumwe bw’Uburayi n’ubucuruzi  mpuzamahanga, Hadja Lahhib,

Korea ya Ruguru na Korea y’Epfo zarashe ibisasu imwe yerekeza mu cyerekezo cy’indi

Bwa mbere nyuma y’igihe kirekire, Korea ya Ruguru na Korea y’Epfo zarashe

Kenya irohereza batayo y’ingabo zidasanzwe kujya guhashya M23

Perezida wa Kenya William Ruto yasinye itegeko ryemerera ingabo za Kenya kwinjira

Abaturage batwitse imodoka za MONUSCO

Ibitangazamakuru bikorera mu Burasirazuba bwa Congo bivuga ko ku mugoroba wo kuri

EU yashimangiye ko ibiganiro bya Nairobi na Luanda ariyo nzira y’amahoro muri Congo

Umuryango w'Ubumwe bw'u Burayi usaba ko amasezerano y’amahoro yasinywe hagati ya M23

Tanzania ituwe na miliyoni 61 – Ibarura rusange

Abaturage ba Tanzania biyongereyeho hafi 40% mu myaka 10 ishize, ibarura rishya

Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe yavuze ibintu 10 byatuma Congo itsinda u Rwanda

Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa RD Congo, Adolphe Muzito yongeye gushimangira icyifuzo

Goma: Abigaragambya bashatse kwinjira i Gisenyi ku ngufu- AMAFOTO

Ibikorwa byose mu Mujyi wa Goma byahagaritswe n’imyigaragambyo y’abaturage bamagana u Rwanda

RDC: Intumwa idasanzwe  ya Angola mu biganiro na Tshisekedi

Perezida Antoine Felix Tshisekedi Tshilombo, ku cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2022,

AU yasabye abahanganye muri Congo kwitabira ibiganiro bitegerejwe i Nairobi

Perezida uyoboye Umuryango wa Africa yunze ubumwe, AU, Macky Sall wa Senegal

Somalia: Abantu 100  baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi  

  Abantu 100   barimo umunyamakuru n'umupolisi baburiye ubuzima mu gitero cy’ubwiyahuze cyagabwe

UPDATE: Imibare y’abapfiriye mu birori muri Korea igeze ku 154

UPDATE: Abantu 154 bamenyekanye ko bapfiriye mu birori byo kwishimira ikurwaho ry’amabwiriza

M23 yasubije ibirego bya MONUSCO – “Yananiwe kugarura amahoro muri Congo”

M23 ivuga ko yatunguwe n’amagambo ya MONUSCO atarimo ubushishozi, ngo aho kwamagana

Congo yahaye amasaha Ambasaderi w’u Rwanda ngo ave ku butaka bwayo

Inama y’igitaraganya Perezida Félix Antoine TSHISEKEDI yayoboye yafashe umwanzuro wo kwirukana ku

Abasirikare 4 ba MONUSCO bakomerekeye mu mirwano ya M23

Itangazo ry’ingabo za UN ziri mu butumwa bw’amahoro muri Congo, MONUSCO rivuga