Amahanga

Uko Ndayishimye yatsinze shitani washatse guhirika ubutegetsi

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi, Ndayishimiye Evariste aherutse gutangaza uburyo amasengesho yo kwisonzesha

Umufasha wa Tshisekedi yatuwe agahinda n’abagore b’Abanyamulenge

Abagore b'Abanye-Congo bo mu bwoko bw'Abanyamulenge batuye mu gace ka Minembwe basabye

Bafunzwe kubera gusakaza amashusho ya Perezida Salva Kiir yinyarira mu ruhame

Abanyamakuru batandatu bo muri Sudan y’Epfo batawe muri yombi nyuma y’amashusho y’Umukuru

Congo yahawe intwaro zigezweho zo guhangamura M23

Igisirikare cya RD Congo gikomeje kwigwizaho ibitwaro bikomeye mu gihe mu burasirazuba

Kwipimisha Covid-19 ku bagenzi bajya n’abava i Burundi byakuweho

Guverinoma y’u Burundi yakuyeho icyemezo cyo kubanza kwipimisha Covid-19 ku bagenzi bajya

M23 yavuye mu kigo cya gisirikare kinini yari imaze igihe igenzura

Inyeshyamba za M23 zikomeje kubahiriza imyanzuro yafatiwe mu biganiro by'i Luanda bigamije

Abantu ibihumbi basezeye Papa Benidict XVI

Kuri uyu Kane tariki ya 5Mutarama 2023, abantu barenga 60,000 bitabiriye umuhango

Abanyamulenge batewe ubwoba n’imikoranire y’ingabo z’u Burundi na FARDC

Abanye-Congo bo bwoko bw’abanyamulenge batuye mu gace ka Minembwe batewe ubwoba n’abasirikare

M23 yigaruriye undi mupaka uhuza Congo na Uganda

Umutwe wa M23 uri kugenzura umupaka wa Ishasha uhuza Repubulika ya Demokarasi

Ndayishimiye arya ibyo yejeje, iby’ibiciro ku isoko ntubimubaze

Umukuru w'igihugu cy'u Burundi Evariste Ndayishimiye, ashinja abaturage b'igihugu cye kurya umusaruro

Ubushyuhe budasanzwe bwugarije umujyi wa Bujumbura

Ubushyuhe bukabije buri kwibasira umujyi wa Bujumbura, aho ibipimo byazamutse ku kigero

Uburusiya bwemeje ko bwapfushije abasirikare 89 mu gitero cya Ukraine

Abarusiya bakomeje gushinja abasirikare bayoboye ingabo uburangare cyangwa ubumenyi buke ku rugamba,

M23 yashwiragije ingabo za Congo ifata utundi duce

Guhagarika imirwano hagati y'umutwe wa M23 n'ihuriro ry'imitwe yiyunze ku ngabo za

Burundi: Irangabiye wari warahungiye i Kigali yakatiwe imyaka 10 y’igifungo

Urikiko rwa Mukaza mu Mujyi wa Bujumbura rwakatiye Floriane Irangabiye wari warahungiye

Perezida Suluhu yakuyeho itegeko rigonga abatavuga rumwe n’ubutegetsi

Umukuru w'igihugu Samia Suluhu Hassan yakuyeho itegeko ryari rimaze imyaka hafi irindwi,