Amahanga

Ingabo z’u Rwanda zacyuye abantu 437 bari bataye ingo zabo kubera intambara

Ubuyobozi mu nzego za Leta mu gihugu cya Mozambique, mu Karere ka

Burundi: Radiyo na Televiziyo ziri gufunga imiryango kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli

Mu Burundi, nyuma y'igihe abaturage bo mu Mujyi wa Bujumbura binubira kubura

RDC: Imfungwa zirenga 800 zatorokeshejwe gereza

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu Mujyi wa Butembo imfungwa zirenga

Ukraine yemeje ko indege z’Uburusiya zahiriye ahaturikiye ibisasu muri Crimea

Ubuyobozi bw’ingabo zirwanira mu kirere muri Ukraine bwemeje ko indege z’intambara z’Uburusiya

America yizeje ko gukemura ikibazo cy’umutekano muke muri Congo

Mu ruzinduko Umunyamabanga wa Leta muri Leta zunze Ubumwe za America, Antony

Mu mutuzo n’umudendezo abatuye Kenya bari gutora uzasimbura Uhuru Kenyatta

Ibiro by’Umukuru wa Kenya, byatangaje ko Perezida w’iki gihugu yitabiriye amatora y’uzamusimbura,

Umusirikare wayoboye umutwe w’ingabo zidasanzwe z’Uburusiya yiciwe muri Ukraine

Igisirikare cy’Uburusiya cyatakaje umwe mu nkoramutima za Perezida Vladimir Putin, yari umuyobozi

Imbonerakure ziri muri Congo zarasanye na Red Tabara irwanya u Burundi

Urubyiruko rw'ishyaka riri ku butegetsi mu Burundi ruzwi nk'Imbonerakure rwinjiye muri Repubulika

Congo “yashimye akazi impuguke za UN” zakoze muri raporo y’ibanga yasohotse imburagihe

Guverinoma ya Congo Kinshasa yasohoye itangazo rishima impuguke za UN ku kazi

MONUSCO yababajwe n’icyemezo cyo Kwirukana Umuvugizi wayo ku butaka bwa Congo

Ingabo zishinzwe kugarura amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, MONUSCO zasohoye itangazo ririmo

Ingabo z’u Rwanda zagize uruhare mu kubohoza abaturage 600 bafashwe n’ibyihebe

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa budasanzwe mu gihugu cya Mozambique, zatangaje

RDC: 36 bamaze kugwa mu myigaragambyo yamagana MONUSCO

Guverinoma ya Congo kuri uyu wa mbere tariki ya 1 Kanama 2022,

Uwasimbuye Osama Bin Laden yishwe arashwe na Amerika

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zishe umukuru wa al-Qaeda, Ayman al-Zawahiri, mu gitero

Lawrence Kanyuka yagizwe Umuvugizi wa M23

Ubuyobozi bw'umutwe wa M23 bwatangaje ko Lawrence Kanyuka yagizwe Umuvugizi wa politiki

Perezida Ndayishimiye yarakaye cyane, yanenze MONUSCO yishe abigaragambya i Kasindi

Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yatangaje ko yashenguwe n'ibikorwa by'Ingabo z’Umuryango w’Abibumbye