Amahanga

Perezida Joe Biden yavuye mu kato nyuma y’iminsi arwaye  COVID-19

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, White house, byatangaje

Imyigaragambyo yo kwamagana MONUSCO imaze kugwamo abantu 15 – Officiel

Umuvugizi wa Leta ya Congo, Patrick Muyaya yavuze ko mu bikorwa by'imyigaragambyo

Igitero ku birindiro bya MONUSCO cyaguyemo umusirikare n’abapolisi 2 ba UN

Ingabo z'umuryango w'Abibumbye zishinzwe kugarura amahoro mu burasirazuba bwa Congo, MONUSCO zasohoye

Uburusiya bwadufashije kwirukana Abakoloni, nta we uzadusaba kubwamagana – Museveni

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Uburusiya, Sergey Lavrov akomeje urugendo rwe muri Africa, nyuma

I Goma, imyigaragambyo yo kwamagana ingabo za MONUSCO imaze kugwamo 5

UPDATE: Patrick Muyaya Umuvugizi wa Leta ya Congo yavuze ko imyigaragambyo ikomeje

Ubuyapani bwanyonze umugabo w’imyaka 39

Tomohiro Kato yanyonzwe nyuma yo guhamwa n’ibyaha byo kwica abantu mu kivunga,

Pasitoro yahamwe n’icyaha cy’ubujura akatirwa gufungwa imyaka 3

Umupasitori yahamijwe icyaha cy’ubujura maze ahabwa igifungo cy’imyaka itatu nyuma yo gufatwa

Goma: Abigaragambya basahuye ibiro bya MONUSCO-VIDEO

Mu myigaragambyo iri kubera mu Mujyi wa Goma ku murwa mukuru w'Intara

MONUSCO yabaye ikirungurira kuba Kongomani

Umunsi ku wundi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo umutekano ukomeje kuba

RDC: Abantu 114 bamaze kwandura icyorezo cya Monkeypox muri Maï-Ndombe

Imibare yatangajwe n'inzego z'ubuzima mu Ntara ya Maï-Ndombe muri Repubulika ya Demokarasi

Goma: Urubyiruko rushyigikiye Tshisekedi rurabyukira mu myigaragambyo yo guhambiriza MONUSCO

Urubyiruko rwo mu Mujyi wa Goma rubarizwa mu ishyaka rya Union Pour

OMS yatanze impuruza ku bwiyongere bw’icyorezo cya Monkeypox

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Ubuzima (OMS), ryatanze impuruza risaba ko icyorezo cya

S.Africa: Umuyobozi w’Umujyi yarashwe n’abajura

Abajura bitwaje intwaro bateye urugo rw’umuyobozi w’umujyi uri mu Majyaruguru ya Africa

Abagore b’i Goma bigaragambije basaba ko MONUSCO ibavira mu gihugu

Ibihumbi by'abagore mu Mujyi wa Goma muri Kivu ya Ruguru kuri uyu

Perezida Kagame na Tshisekedi bohereje intumwa mu nama ya EAC

Abakuru b’Ibihugu bagize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba kuri uyu wa kane tariki