U Bubiligi burasaba u Rwanda kumvisha M23 guhagarika imirwano
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ububligi, unashinzwe imirimo y’Ubumwe bw’Uburayi n’ubucuruzi mpuzamahanga, Hadja Lahhib,…
Korea ya Ruguru na Korea y’Epfo zarashe ibisasu imwe yerekeza mu cyerekezo cy’indi
Bwa mbere nyuma y’igihe kirekire, Korea ya Ruguru na Korea y’Epfo zarashe…
Kenya irohereza batayo y’ingabo zidasanzwe kujya guhashya M23
Perezida wa Kenya William Ruto yasinye itegeko ryemerera ingabo za Kenya kwinjira…
Abaturage batwitse imodoka za MONUSCO
Ibitangazamakuru bikorera mu Burasirazuba bwa Congo bivuga ko ku mugoroba wo kuri…
EU yashimangiye ko ibiganiro bya Nairobi na Luanda ariyo nzira y’amahoro muri Congo
Umuryango w'Ubumwe bw'u Burayi usaba ko amasezerano y’amahoro yasinywe hagati ya M23…
Tanzania ituwe na miliyoni 61 – Ibarura rusange
Abaturage ba Tanzania biyongereyeho hafi 40% mu myaka 10 ishize, ibarura rishya…
Uwahoze ari Minisitiri w’Intebe yavuze ibintu 10 byatuma Congo itsinda u Rwanda
Uwahoze ari Minisitiri w’intebe wa RD Congo, Adolphe Muzito yongeye gushimangira icyifuzo…
Goma: Abigaragambya bashatse kwinjira i Gisenyi ku ngufu- AMAFOTO
Ibikorwa byose mu Mujyi wa Goma byahagaritswe n’imyigaragambyo y’abaturage bamagana u Rwanda…
RDC: Intumwa idasanzwe ya Angola mu biganiro na Tshisekedi
Perezida Antoine Felix Tshisekedi Tshilombo, ku cyumweru tariki ya 30 Ukwakira 2022,…
AU yasabye abahanganye muri Congo kwitabira ibiganiro bitegerejwe i Nairobi
Perezida uyoboye Umuryango wa Africa yunze ubumwe, AU, Macky Sall wa Senegal…
Somalia: Abantu 100 baguye mu gitero cy’ubwiyahuzi
Abantu 100 barimo umunyamakuru n'umupolisi baburiye ubuzima mu gitero cy’ubwiyahuze cyagabwe…
UPDATE: Imibare y’abapfiriye mu birori muri Korea igeze ku 154
UPDATE: Abantu 154 bamenyekanye ko bapfiriye mu birori byo kwishimira ikurwaho ry’amabwiriza…
M23 yasubije ibirego bya MONUSCO – “Yananiwe kugarura amahoro muri Congo”
M23 ivuga ko yatunguwe n’amagambo ya MONUSCO atarimo ubushishozi, ngo aho kwamagana…
Congo yahaye amasaha Ambasaderi w’u Rwanda ngo ave ku butaka bwayo
Inama y’igitaraganya Perezida Félix Antoine TSHISEKEDI yayoboye yafashe umwanzuro wo kwirukana ku…
Abasirikare 4 ba MONUSCO bakomerekeye mu mirwano ya M23
Itangazo ry’ingabo za UN ziri mu butumwa bw’amahoro muri Congo, MONUSCO rivuga…