Amahanga

Ingabo za Congo zasohoye itangazo ririmo amagambo akomeye

Itangazo ryasohowe n’ingabo za Congo, FARDC rivuga ko abasirikare ba Leta batazahara

Imirwano yakomeje hagati ya M23 n’ingabo za Leta

Amakuru ava muri Congo aremeza ko imirwano ikomeye yabaye mu rukerera kuri

RDC: Sosiyete Sivile yashinje ingabo z’u Rwanda guha ‘umusada’ inyeshyamba za M23

Sosiyete Sivile yo muri Kivu ya Ruguru irashinja igisirikare cy’u Rwanda gufasha

Burundi: Abafashwe bashoye ikawa mu Rwanda basabiwe gufungwa imyaka 5

Abantu 16 bo mu Ntara ya Ngozi mu Burundi bafashwe kuwa Gatandatu

US: Abantu 21 bishwe barashwe ku ishuri ryo muri Leta ya Texas

Nibura abantu 21 bishwe barashwe ku ishuri ry’abana riri ahitwa Uvalde, muri

Byahinduye isura, M23 ikomeje kugaba ibitero simusiga kuri FARDC

Amakuru avuga ko gushyamirana hagati y’ingabo za Leta ndetse na M23, bikomeje

Intambara ikaze ishyamiranyije ingabo za Congo na M23, haravugwamo na FDLR

 Ingabo za Leta ya Congo (FRDC) ziri mu mirwano ikomeye n'inyeshyamba za

U Burundi butangaza ko buri mu biganiro na EU bitarimo igitutu n’iterabwoba

Ubumwe bw'Uburayi hamwe na Leta y'u Burundi batangije igice cya kane cy'ibiganiro

Nyuma y’umwaka Nyiragongo irutse, abaturage basabwe kugira ubwirinzi

Nyuma y'umwaka ikirunga cya Nyiragongo kirutse kikangiza byinshi mu Mujyi wa Goma

Perezida Félix Tshisekedi yakiranywe urugwiro i Bujumbura -AMAFOTO

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix-Antoine Tshisekedi, yageze mu

Perezida Félix Tshisekedi agiye kugirira uruzinduko rw’iminsi itatu i Burundi

Perezida wa Repubulika ya Congo Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo, ategerejwe mu ruzinduko rw'akazi

Perezida Ndayishimiye arakangurira Abarundi kurya inyama z’ibifwera -Sobanukirwa iby’aka kaboga

Perezida w’Uburundi, Ndayishimiye Evariste aherutse kubwira Abarundi ko bataramenya ibanga n’ubwiza buhishwe

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu, Sheikh Khalifa yapfuye

Perezida wa Leta zunze ubumwe z’Abarabu, (Emirats arabes unis/ United Arab Emirates,

Indege ya sosiyete yo mu Bushinwa yafashwe n’inkongi yitegura kuguruka

Abagenzi 113 ni bo bari muri iyi ndege ndetse n’abakozi bayikoramo 9,

Umunyamakuru wa Al Jazeera yarashwe mu mutwe

Umunyamakurukazi witwa Shireen Abu Akleh, yari umwe mu bazwi kuri Al Jazeera,