Amahanga

EAC yafashe imyanzuro ikomeye ku Nyeshyamba zirwanira muri Congo

Abakuru b’Ibihugu bya Africa y’Iburasirazuba bari mu nama yiga ku kibazo cy’umutekano

Perezida Ndayishimiye yitabiriye inama yiga ku bibazo by’Akarere i Nairobi

Ibiro by'Umukuru w'Igihugu bishinzwe itumanaho n'itangazamakuru no kuvugira Perezida mu Burundi byatangaje

Perezida Touadéra yakiriye mu biro bye Amb. Rugwabiza

Perezida wa Santrafurika, Prof Faustin Archange Touadéra yakiriye  mu biro bye Ambasaderi

Yahanishijwe igihano cy’urupfu kubera kwiba imodoka yo mu biro bya Perezida

Umukanishi yahawe igihano cyo kwicwa nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo kwiba imwe

Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa muri Centrafrica zambitswe imidari

Perezida wa Central African Republic, Prof. Faustin Archange Touadéra yambitse imidari y’ishimwe

Inkubi y’umuyaga ‘Megi’ yahitanye abantu 138 muri Filipine

Leta ya Filipine ivuga ko abantu bagera ku 138 bapfuye bishwe n'imvura

France: Macron yagize amajwi 27.6% mu icyiciro cya mbere cy’amatora

Emmanuel Macron wari usanzwe ari ku ntebe ya Perezida mu Bufaransa ni

Abakobwa ba Perezida Putin bafatiwe ibihano by’ubukungu

Ubwongereza bwafatiye ibihano abakobwa babiri ba Perezida w’Uburusiya, Vladimir Putin harimo gufatira

DRC: Lt. Colonel n’umugore we bahitanywe n’ikintu cyaturikiye mu kabari

Minisisteri ishinzwe itangazamakuru muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yavuze ko abantu

UN yifatanyije n’u Rwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres n'umuryango ayoboye, yifatanyije n’u Rwanda kwibuka

Urukiko rwahannye abishe Thomas Sankara

Blaise Compaoré wahiritswe ku butegetsi muri Burkina Faso yahanishijwe igifungo cya burundu

Mozambique: Umukobwa wahambwe muri 2021 bamubonye ari muzima “bati yazutse”

Umwana w'umukobwa iwabo batuye mu Majyaruguru ya Mozambique byari byemejwe ko yapfuye

U Rwanda rwafashe mu mugongo Uganda ku rupfu rwa Jacob Oulanyah

Guverinom y’u Rwanda biciye muri Ambasade yayo muri Uganda bihanganishije iki gihugu

Birashoboka ko abantu barenga 100 bapfiriye mu mpanuka y’Indege yabereye mu Bushinwa

UPDATED: Iyi mpanuka yabaye mu masaha y'ikigoroba mu Bushinwa ku wa Mbere,

Uganda n’u Burundi bagiye kugirana inama idasanzwe

Igihugu cya Uganda n’icy’u Burundi bigiye kugirana inama ya gatatu ya Komisiyo