Amahanga

Congo yahaye inzu zigezweho Abasirikare bakuru muri FARDC – AMAFOTO

Perezida wa Congo Kinshasa, Antoine Félix Tshisekedi yashyikirije inzu z’akataraboneka abasirikare bakuru

Ingabo za Congo zigambye kwica abarwanyi 27 ba M23, Major Ngoma yabiteye utwatsi (VIDEO)

Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zigambye ko mu mirwano yazihuje

Tshisekedi yashimangiye ko atifuza RDF mu ngabo za EAC zizajya muri Congo

Mu ijambo rye ku munsi wo kwizihiza isabukuru y'imyaka 62 y’ubwigenge bwa

UGANDA: Izamuka ry’ibiciro ryatumye kugaburira abana ku mashuri biba ingorabahizi

Mu gihugu cya Uganda ,izamuka ry’ibiciro ryatumye kugaburira abana ku mashuri bitangira

RDC: Hashyinguwe iryinyo rya Lumumba mu birori by’akataraboneka

Muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo kuri uyu wa 30 Kamena 2022

M23 yigambye ko yafashe ikibuga cy’indege cya Rwankuba n’ibitaro byaho

Inyeshyamba za M23 zikomeje guhangana n’ingabo za Leta ya Congo, ku rukuta

MONUSCO yeretse amahanga ko M23 ifite imbaraga zirenze iz’umutwe w’inyeshyamba

Bintou Keita, ukuriye ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku guharanira umutekano muri Kongo

RDC: Abagore basabye ko abasirikare batwawe i Kinshasa bashinjwa gufasha M23 barekurwa

Abategarugori bo muri communauté y'Abatutsi bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo

Kasaï: Haratutumba intambara hagati y’ingabo za Congo na Angola

Ingabo za Angola ziraregwa gufunga umupaka uhuza iki gihugu na Repubulika ya

RDC: Vital Kamerhe yahuye na Perezida Tshisekedi imbonankubone

Vital Kamerhe wahoze ayobora ibiro bya Perezida Félix-Antoine Tshisekedi Tshilombo nyuma akaza

Abantu 9 baguye mu mpanuka i Bukavu

Abanyeshuri 8 n'umushoferi wabo baguye mu mpanuka y'imodoka mu Mujyi wa Bukavu

Uko imirwano yiriwe mu rugamba M23 yasakiranyemo na FARDC muri Gurupema ya Bweza

Kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa 28 Kamena 2022 imirwano ikaze

Burundi: Imbonerakure zahondaguye abasore bavukana zibagira intere

Abasore bavukana bakubiswe n'Imbonerakure bagirwa intere ku musozi wa Gasenga muri Komine

Perezida Ndayishimiye yahaye gasopo abayobozi bigize ibihangange

Ubwo yari muri Komine Rumonge mu Ntara ya Rumonge, Umukuru w'igihugu cy'Uburundi,

Amakimbirane ashingiye ku butaka yaguyemo abantu barenga 30 muri Cameroon

Abantu bagera kuri 30 barimo abagore n’abana biciwe mu mvururu zishingiye ku