Amahanga

Perezida Tshisekedi yageze i Nairobi, EAC iriga ku kibazo cy’umutekano muke muri Congo

Kuri iki Cyumweru Perezida Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, wa Congo yageze i

Ingabo za MONUSCO zarashweho ibisasu bya mortier

Umutwe w’ingabo z’umuryango w’Abibumbye zirinda amahoro mu Burasirazuba bwa Congo, MONUSCO watangaje

Mu mwambaro wa Gisirikare, Pasiteri yahanuye ko Imana igiye kurimbura abateye Congo

Pasiteri Kabundi Walesi wo mu Itorero Centre de Réveil Spirituel (C.R.S) mu

Congo irakomanga kuri Jenoside, barica abantu kuko bavuga Ikinyarwanda

Nyuma y'uko hadutse imirwano ikaze hagati y'ingabo za Leta ya Congo n'umutwe

DRC yatanze umugabo ku Bwongereza, isaba amahanga kotsa igitutu u Rwanda

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasabye uBwongereza nka kimwe mu bihugu bikomeye

Tshisekedi yikomye u Rwanda ngo rwifuza gusahura amabuye y’agaciro ya Congo

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo , Félix Tshisekedi, mu nama

M23 yahanuye indege ya gisirikare ya Congo, inafata ibindi bice by’igihugu

Umutwe w'inyeshyamba za M23 watangaje ko wahanuye indege ya kajugujugu y’intambara y’Igisirikare

Goma: Umurambo w’umusirikare warasiwe mu Rwanda watashye nk’Intwari

Umurambo w’umusirikare wa Congo warasiwe ku mupaka wa Petite Barrière uhuza u

UPDATED: Umuvugizi wa M23 yabwiye UMUSEKE ko bakiri mu Mujyi wa Bunagana (Audio)

UPDATED:  Mu kiganiro UMUSEKE wagiranye n'Umuvugizi w'umutwe wa M23, Major Willy Ngoma

Bihinduye isura! Kenyatta ategetse ko EAC yohereza ingabo muri Congo

Perezida Uhuru Kenyatta uyoboye Umuryango wa Africa y’Iburasirazuba (EAC) yategetse ko imitwe

Goma: Abigaragambya batwitse ibendera ry’u Rwanda barashaka kwinjira i Gisenyi ku ngufu

Abatuye Umujyi wa Goma, ku murwa mukuru w'Intara ya Kivu y'amajyaruguru, ahagana

Lt.Gen Muhoozi arifuza guhura na Perezida Tshisekedi imbonankubone

Umugaba Mukuru w’ingabo zirwanira ku butaka, akaba n’umuhungu wa Perezida Museveni, Lt

DRC: Abasirikare batanze amaraso yo gufasha bagenzi babo barasiwe ku rugamba 

Ubwo kuri kuri uyu wa gatatu tariki ya 14 Kamena 2022, Isi

Icyoba cya Jenoside muri Congo, ari M23 na FARDC ni nde wigiza nkana ?

Hashize iminsi mu Burasirazuba bwa Congo,icyoba ari  cyose mu baturage ko hashobora

Igisirikare cya Congo cyemeye ko cyatakaje Bunagana ariko ngo “si M23 yayifashe”

Mu masaha y'ijoro ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zasohoye itangazo