Amahanga

RDC: Abarenga 30.000 bahunze ubwicanyi bw’amoko ya Teke na Yaka

Kuva ku wa 20 Kanama 2022 ibihumbi by'abaturage bamaze kuvanwa mu byabo

Capt Traoré yatumije inama yo gutora Perezida w’inzibacyuho wa Burkina Faso

Captain Ibrahim Traoré uherutse guhirika ubutegetsi muri Burkina Faso yatangaje ko ku

Perezida Ndayishimiye yerekeje i Kampala

Ibiro bya Perezida mu Burundi byatangaje ko Umukuru wa kiriya gihugu, Evariste

Forex Bureau zakomorewe mu Burundi

Banki Nkuru y'u Burundi yakuyeho icyemezo cyo gufunga inzu zikorerwamo ivunjisha mu

Virus ya Ebola yugarije Uganda yarihinduranyije

Abashakashatsi bavuze ko virus ya Ebola irimo kwica abantu muri Uganda yihinduranyije.

Uwahoze ari umupolisi yishe abantu 38 nyuma yica umugore we n’umwana

Muri Thailand, umugabo yateye ku ishuri ryakirana inshuke yica abana 22 nyuma

RD Congo ntizakandagiza ikirenge mu nama ikomeye itegerejwe i Kigali

Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko itazitabira Inama rusange y'Umuryango w'Inteko

Museveni yatakambye asaba imbabazi kubera amakosa y’umuhungu we

Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda, yasabye imbabazi abanya-Uganda ndetse n'Abanya-Kenya kubera

Burundi: Gusaba impapuro z’inzira hifashishijwe Watsapp na Email byateje impaka

Uburyo bushya bw’ikoranabuhanga bwifashishwa mu gusaba ibyangombwa by'inzira byateje impaka mu Burundi,

Umupolisi yarashe mugenzi we ahita apfa

RD Congo: Muri Gereza Nkuru ya Kalehe mu Ntara ya Kivu y'Amajyepfo

Amerika na Korea y’Epfo byarashe ibisasu byo gusubiza Korea ya Ruguru

Igisirikare cya America gifatanyije n’icya Korea y’Epfo byarashe ibisasu bya misile byo

Zambia: Abagore 13 babonetse mu nzu bamaze amezi barashimutiwemo

Abagore bagera kuri 13 bari barashimuswe n'abantu batazwi babonetse mu nzu nyuma

Jenerali wasabye Tshisekedi gutera u Rwanda yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo

Perezida Félix-Antoine Tshisekedi yagize Lt Gen Christian Thiwewe Songesha, Umugaba Mukuru w'Ingabo

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cya rutura cyaciye hejuru y’Ubuyapani

U Buyapani bwatangaje ko Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyo mu bwoko

Gen Muhoozi abona ko Bobi Wine atazigera aba Perezida

Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, Umugaba Mukuru w"ingabo zirwanira ku butaka, umuhungu wa