Amakuru aheruka

Kicukiro: Batashye ibiro by’akagari hanatangizwa ibikorwa byo kwiyubakira umuhanda

Abaturage b'Akagari ka Gatare mu Murenge wa Niboyi mu Karere ka Kicukiro

Umuryango w’abayislam mu Rwanda wavuze ko imisigiti 8 ari yo yabujijwe gutora Adhana

Ubuyobozi Bukuru bw’Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda (Rwanda Muslims Community) bwanyomoje amakuru yavugwagaga

Urukiko rwategetse ko Karake Afrique ukekwaho ruswa afungwa iminsi 30 y’agateganyo

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wambere Urukiko rwibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko

Perezida Ndayishimiye w’u Burundi yakiriye Ministiri w’Ingabo z’u Rwanda wamushyiriye ubutumwa bwa Kagame

Perezida w’u Burundi, Gen Evariste Ndayishimiye yakiriye itsinda ry'abayobozi baturutse mu Rwanda,

Lt Gen Muhoozi Kainerugaba yunamiye inzirakarengane za Jenoside zishyinguye ku Gisozi

Umujyanama wa Perezida wa Uganda Yoweri Kaguta Museveni,akaba n’umuhungu we, Lt Gen

AMAFOTO: Gen Kazura yakiriwe i Paris mu ruzinduko yatangiye rw’iminsi 4

Urubuga rw’ingabo z’igihugu ruvuga ko ku butumire bw’Umugaba Mukuru w’Ingabo mu Bufaransa,

Kwimana u Rwanda bibiza ibyuya ubigize- Hon Bamporiki yishimira Instinzi ya REG BBC

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco Hon Bamporiki Edouard yishimiye intsinzi 

Rusizi: Umunyeshuri yarohamye mu mashyuza arapfa

Karangwa Elysee w’imyaka 16 wigaga ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mashesha rwo mu

Minisitiri Twagirayezu yerekanye uruhare rw’umuryango mugari mu guteza imbere uburezi

Ubwo yafunguraga ku mugaragaro imishinga ibiri igamije guteza imbere umuco wo gusoma

Guhagarika ijwi rirangurura ku misigiti byateje impaka: Umwe ati “Ntisakuza kurusha imodoka zivuga amabwiriza”

Nyuma y’uko Polisi y’u Rwanda ihagaritse ijwi rirangurura risanzwe ryumvikana ku misigiti

IFOTO: Umwuzukuru wa Perezida Kagame yamusanze ku kazi amwibutsa kujya kuruhuka

Perezida Paul Kagame yashyize ifoto ku mbuga nkoranyambaga ze ari kumwe n’umwuzukuru

Nyanza: Umuyobozi wa DASSO mu Murenge yatawe muri yombi

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Umuyobozi wa DASSO mu Murenge

Batanu bishe umusore bamukubise inyundo bafunzwe iminsi 30 y’agateganyo

Abasore batanu bakubise inyundo n’ibyuma uwitwa Manishimwe Vincent agapfa Urukiko rwabafunze iminsi

Muhanga: Abadepite basabye ko hubakwa urwibutso rumwe rw’abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Abadepite bari mu gikorwa cyo gusura Uturere tw'Igihugu, bavuze ko muri buri

Kigali: Kuri ADEPR Gashyekero hatangiye igiterane kizamara icyumweru -AMAFOTO

Kuri ADEPR Gashyekero hatangiye igiterane cy’iminsi irindwi cyo kwica ibyuho byose byasizwe