Amakuru aheruka

MININFRA yagaragaje uko imyanda ituruka ku bikoresho by’ikoranabanga yanduza amazi

Minisiteri y’Ibikorwaremezo, MININFRA, yatangaje ko  abantu bakwiye kwita ku ikoreshwa ry’amazi n’umutungo

Nyanza: Umuyobozi w’ishuri yahagaritswe mu kazi azira inyerezwa ry’ibiryo

Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza buratangaza ko bwahannye umuyobozi wa E.S Kibirizi akekwaho

Kigali: Abafite ubumuga bahawe insimburangingo n’inyunganirangingo

Abafite ubumuga bw'amaguru bo mu turere twa Nyarugenge, Gasabo na Kicukiro, bahawe

U bubiligi  na bwo burirukana Abadipolomate b’u Rwanda (ISESENGURA AUDIO)

U Bubiligi buravuga ko bubabajwe n’icyemezo u Rwanda rwafashe cyo guca umubano

Sitade ya Gicumbi igiye gushyirwamo  “Tapis synthétique”

Sitade y’Akarere ka  Gicumbi, igiye gushyirwamo  “Tapis synthétique” nkuko bitangazwa n'Ubuyobozi bw'Akarere. 

RD Congo yemeje ko izajya kuganira na M23

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko  izajya mu  biganiro

Gicumbi: Abaturage biyubakiye Akagari kuzuye gatwaye Miliyoni 15Frw

Abaturage bo mu Kagari ka Muhambo mu murenge wa Cyumba bavuga ko 

Perezida KAGAME agiye kuganira n’abatuye Umujyi wa Kigali

Umujyi wa Kigali watangaje ko Umukuru w’Igihugu ategerejwe mu biganiro bizamuhuza n’abatuye

Imyanzuro ya SADC: Ingabo zayo zari muri Congo zigomba gutaha

Abakuru b'Ibihugu byo mu muryango wa Africa y'Amajyepfo, SADC bashyize iherezo ku

Byumba na Miyove bahuye na rwiyemezamirimo ugiye kubakorera imihanda ya kaburimbo

Gicumbi: Akanyamuneza ni kose ku baturage bo mu mirenge ya Byumba na

Kamonyi: Ikigo Nderabuzima cyafashwe n’inkongi

Inyubako z’Ikigo Nderabuzima cya Musambira giherereye  mu Murenge wa Musambira, mu Karere

Umusirikare w’Umurundi ufite ipeti rya Major yafashwe na M23 amaze kuraswa

Major Claude NDIKUMANA wo mu ngabo z’u Burundi yafatiwe mu mirwani yabereye

Tshisekedi yemeye kuganira na M23 yitaga ibyihebe

Ibiro bya perezida wa Angola byatangaje ko bigiye kuvugana n'umutwe wa M23

Inzego zatangiye iperereza ku rupfu rw’umusore waviduraga ubwiherero ku ishuri rya Saint Peter Igihozo

Nyanza: Abantu babiri baguye mu cyobo cy'umusarani w'ishuri ubwo bariho bakora ikiraka

Abagore bakora itangazamakuru biyemeje kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina

Ihuriro ry’abagore bakora itangazamakuru, Synergy of Female Journalists Associations,  ryiyemeje guhangana n’ihohotera