Amakuru aheruka

Rubavu: CAR FREE ZONE yagarutse nyuma y’imyaka ibiri ihagaritswe

Ibikorwa by’imyidagaduro byo mu mpera z’icyumweru bizwi nka Car Free Zone, mu

Urukiko rwahamije ko Platini n’umugore we nta mwana bafitanye,rwemeza gutandukana

Urukiko rwemeje gutandukana  burundu ku bwumvikane hagati ya Nemeye Platini na Ingabire

‘N’uyu mupanga sinawutiza batawumbujije ‘Abagabo b’i Rutsiro barataka ihohoterwa  

Bamwe mu bagabo bo mu Karere ka Rutsiro, barataka gukorerwa ihohoterwa, bagasaba

Ni ibiki  Perezida watowe atemererwa iyo atararahira ?

Ku munsi w’ejo tariki ya 18 Nyakanga 2024, Komisiyo y’Igihugu y’Amatora mu

Musanze : Yapfuye bitunguranye nyuma yo gutegerwa  inzoga

Nahimana Eric wo mu Murenge Shingiro , mu Karere ka Musanze,  yapfuye 

Kabera wahamwe n’icyaha cyo gutanga Ruswa ku mugenzacyaha yarajuriye

Kabera Vedaste wahoze ari umukozi w'Intara y'Amajyepfo ushinjwa guha Umugenzacyaha ruswa y'amafaranga

Dr Frank Habineza yavuze icyo agiye gukora nyuma yuko adatsinze amatora

Dr. Frank Habineza w’ Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda

PL yashimiye Abanyarwanda ku bwo guhundagaza amajwi kuri Kagame

Ishyaka Riharanira Ukwishyira Ukizana kwa buri Muntu, PL, ryashimiye Abanyarwanda bose icyizere

Rwamagana: Ibifite agaciro ka Miliyoni zisaga 12 Frw byakongokeye mu nzu

Mu Karere ka Rwamagana, inkongi y’umuriro yafashe inzu y’umuturage yangiza ibintu by’agaciro

Umukozi wa Shema Power yishwe n’amashanyarazi

Umukozi w’uruganda Shema Power lk lt rutunganya Gas Methane yishwe n’amashanyarazi ari

Faustin Archange Touadera yambitse imidali Ingabo z’u Rwanda ziri Centrafrique

Perezida  wa Centrafrique , Faustin Archange Touadera,  Ku wa Kabiri,  tariki ya

Umukobwa yashatse kwiyahurira ku musore yari yasuye

Nyanza: Umukobwa wari umaze igihe gito asuye umusore yasabwe gutaha ahitamo gushaka

Iyi ni intsinzi igaragaza ubudasa muri Demokarasi y’u Rwanda – PDI

Ishyaka ntangarugero muri Demokarasi PDI, ryatangaje ko ryashimye ibyavuye mu matora, rishimangira

Museveni yihanganishije Donald Trump uheruka kuraswa

Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yihanganishije uwigeze kuyobora Leta Zunze Ubumwe

Filipe Nyusi wa Mozambique yashimiye KAGAME wegukanye intsinzi mu matora

Perezida wa Mozambique, Filipe Jacinto Nyusi, yashimiye mugenzi we w’u Rwanda, Paul