Amakuru aheruka

Abaganga bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda “bararegwa kwica”

Abaganga bo ku bitaro bya Nyanza bavuzweho kurangarana umubyeyi uri ku nda umwana we agapfa, bagejejwe imbere y'urukiko bahakana gusiragiza…

Burera: Polisi yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yatangaje ko, ku bufatanye n’imboni z’umutekano, yafatanye umusore ibiro 20 by’urumogi yari…

Abarangije muri Rwanda Polytechnic basabwe kuba moteri y’iterambere

Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye abarangije amasomo mu Ishuri Rikuru ry’u Rwanda ryigisha Imyuga na Tekiniki “Rwanda Polytechnic”, kuzagira…

Ndahiro Valens Pappy yasabiwe gufungwa imyaka itanu

Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Ndahiro Valens Papy igifungo cy’imyaka 5 no gutanga ihazabu ya 1.200.000 Frw mu rubanza aregwamo n’umushoramari Ndayisenga…

Hashinzwe urubuga ruzafasha abahanzi gucuruza imiziki yabo

Abahanzi badasiba gutaka gukora ibihangano ariko bagataka ko byinjiriza abandi, bikabagiraho ingaruka zinyuranye, bashyiriweho urubuga rwiswe Flolup rwo kumva no…

Gitifu wakatiwe igifungo cy’imyaka 7 n’amezi atandatu yahise ajurira

*Gitifu yireguye avuga ko umukozi wa RIB ari we wacuze umugambi wo kumufungusha Gisagara: Gitifu w'umurenge wa Mamba mu karere…

- Advertisement -
Ad image