Amakuru aheruka

Umucuruzi akurikiranyweho kwica umumotari

Muhanga: Dusabe Gilbert w'imyaka 24 y'amavuko usanzwe utwara abagenzi kuri Moto mu Karere ka Muhanga, yatonganye n'umucuruzi witwa Ngendahayo Eric…

Ntibyahagaze bizakomeza kuzamuka – Amb Uwihanganye 

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb. Uwihanganye Jean De Dieu, yatangaje ko u Rwanda rwiteguye gukomeza guhangana n’ikibazo cy’izamuka…

REG yemeye gusimbuza “Cash Power” z’abamaze amezi 3 mu kizima

RUHANGO: Sosiyete ishinzwe ingufu (REG), ishami rya Ruhango, ivuga ko igiye gukemura ikibazo cya “Cash Power” zakubiswe n’inkuba, hakaba hashize…

Nta Munyarwanda ukwiriye gusinda amahoro dufite- Meya Nahayo

Umuyobozi w’Akarere ka Kamonyi, Dr. Nahayo Sylvere, yasabye abaturage b'Umurenge wa Kayumbu gukomeza kunga ubumwe n'ubudaheranwa, kubaka umuco w'amahoro no…

Urubyiruko rwiyemeje kuvuga ukuri kuri Jenoside no kurwanya abayihakana

Urubyiruko rw'abana bavutse nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwiyemeje gukoresha ikoranabuhanga bifashishije imbuga nkoranyambaga bakoresha, barwanya ingengabitekerezo n'ipfobya…

Hari abaturage bamaze imyaka 8 basiragira ku byangombwa by’ubutaka barahebye

Rusizi: Abaturage bagera kuri 12 ubutaka ubwabo bwari ishyamba bwagizwe irimbi, none bamaze imyaka 8 bashaka ibyangombwa ngo bahabwe ingurane…

- Advertisement -
Ad image