Amakuru aheruka

Muhanga: Bagabanyije ubukene ku kigero cya 15,0%

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko EICV7 igaragaza ko kugabanya ubukene byavuye kuri 33,2% ubu icyo gipimo kikaba kigeze kuri…

Umusore wacitse inzego z’umutekano basanze yarapfuye

Gisagara: Byukusenge Damien w’imyaka 22 y’amavuko, ukekwaho kwica se witwa Manirahari Jean Marie Vianney, nyuma yo gucika inzego zamuhigaga bukware,…

Imiryango 16 yorojwe inka zihaka

Nyaruguru: Imiryango 16 yo mu karere ka Nyaruguru yorojwe inka, ubuyobozi bwabasabye na bo kuzoroza indi miryango izo nka nizibyara.…

Maitre Dodian yashinze studio aha akazi aba ‘producers’ bakomeye

Ngarukiyintwali Jean de Dieu, uzwi nka Maitre Dodian mu muziki, aherutse gushinga studio yise ‘Global Music’ itunganya indirimbo z’abahanzi mu…

IMF yahaye u Rwanda arenga miliyari 360 Rwf

Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) cyemeje ko u Rwanda rugenerwa inguzanyo ya miliyoni 250 z’amadolari ya Amerika (arenga miliyari 360 Rwf)…

Gutoza abato uburere bwa Gikristo ni isoko y’intsinzi

Nubwo gutsinda amasomo ari ingenzi, uburezi bufite ireme bushingira no ku ndangagaciro zubaka umuntu, zimufasha kugira imyitwarire myiza irimo gukunda…

- Advertisement -
Ad image