Abazunguzayi cyangwa abantu bakora ubucuruzi butemewe, bakomeje kugaragara hari ubwo bahanganye n’inzego z’umutekano mu Mujyi wa Kigali. Aba abantu kubera…
Umushumba Mukuru wa ADEPR, Pasiteri Ndayizeye Isaï, yasezeranyije imiryango 190 yari isanzwe ibana itarasezeranye. Ni igikorwa cyabaye ku cyumweru tariki…
Urugaga rw’Amagaraje mu Rwanda rwatangije irushanwa ngarukamwaka rigamije gukangurira urubyiruko kwirinda ibiyobyabwenge no kurushishikariza gukura amaboko mu mifuka, rugakora kandi…
Muhanga: Abatuye Kabayaza babangamiwe n'umusore witwaza intwaro gakondo nk'umuhoro n'ibyuma, wigamba ko azica umuntu. Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu…
Abatuye Intara y’Amajyaruguru barasabwa guca ukubiri n’ibiyobyabwenge, inzoga zitujuje ubuziranenge ndetse n’umukino bita ‘Akadege’ wararuye abatari bake, kuko bibahuma amaso…
Bwa mbere mu mateka kuva u Rwanda rwatangira kwitabira Imikino ihuza Ibigo by’Amashuri yo muri Afurika y’i Burasirazuba, FEASSA Games,…
Sign in to your account