Amakuru aheruka

Imodoka nshya ku Nkombo yatumye bakora umunsi mukuru

Rusizi: Abaturage bo mu murnge wa Nkmbo, cyane cyane abagore batwara imizigo n’ibintu bitandukanye babihetse ku mugongo, bavuga ko biruhukije…

Imodoka y’ibitaro yagonze umusore w’imyaka 19

Kamonyi: Imbangukiragutabara y'Ibitaro bya Remera Rukoma yagonze umusore w'imyaka 19 y'amavuko ahita apfa. Iyi mpanuka y'imodoka itwara abarwayi yabereye mu…

Mu 2025 u Rwanda rwarengeje intego rwari rwihaye yo gutera ibiti

Minisitiri w’Intebe,Dr. Nsengiyumva Justin, yatangaje ko  mu mwaka ushize wa 2025-2026, hatewe hatewe milliyoni 68 z’ibiti ku ntego ya miliyoni…

APR FC igiye kongera guhura na Gor Mahia

Nyuma ya Tombola y’uko amakipe azahura n’amatsinda uko ahagaze, APR FC yisanze mu itsinda rya mbere aho mu zo bari…

Ndayishimiye yashenguwe n’ibyabaye ku isoko ry’i Ngozi

Perezida w'u Burundi yihanganishije abaturage bafite ibyabo byangirikiye mu isoko ry'i Ngozi ryahiye ijoro ryose rigakongoka. Ubutumwa yahaye abafite ibicuruzwa…

Umucungamutungo uvugwaho kunyereza miliyoni 6Frw yafunzwe by’agateganyo

Urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwafashe icyemezo cyo gufunga by'agateganyo iminsi 30 umucungamutungo wa koperative icunga umutekano…

- Advertisement -
Ad image