Amakuru aheruka

Congo: Abishwe na Ebola babaye 600

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yavuze ko abantu bamaze kwandura icyorezo cya Ebola cyo mu bwoko bwa…

Navuga ko ari icyorezo mu bindi- Minisitiri w’Ubuzima ku nzoga ziri kwica abantu

Minisitiri w'Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko ikibazo cy'inzoga zitujuje ubuziranenge gikomeje gufata intera ikomeye, ku buryo yavuze ko "ari…

Amerika na Iran byasubukuye intambara

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kugaba ibitero bikomeye kuri Iran mu ijoro rya kabiri rikurikiranye, ivuga ko bigamije gukomeza…

Umukozi wa SACCO arakekwaho gusambanya umukozi wo mu rugo

Urukiko rw'ibanze rwa Ruhango rwaburanishije ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo umukozi wa SACCO Bweramana usanzwe uregwa gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato umugore…

Hari abaturage barembeye kwa muganga nyuma yo kunywa ubushera

Nyaruguru: Abaturage 17 banyoye ubushera bikekwa ko bwanduye bihutanywe kwa Muganga nyuma y'uko bubagizeho ingaruka bamwe baravurwa abandi baracyari yo.…

Engen Rwanda yateye inkunga isiganwa ry’imodoka ribura amasaha ngo ritangire

Mu mihanda ya Kigali na Bugesera, abahatuye n’abahajyenda by’umwihariko abakunzi b’isiganwa ry’imodoka bazabona uko abahanga mu kuzicanira no kuzikata basiganwa.…

- Advertisement -
Ad image