Amakuru aheruka

Perezida Kagame yerekeje mu Busuwisi

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yageze i Geneva mu Busuwisi aho yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku ikoreshwa ry'ikoranabuhanga ry'ubwenge buhangano…

Shaddyboo yoherejwe mu kigo cyita ku babaswe n’ibiyobyabwenge

Mbabazi Shadia uzwi  ku mbuga nkoranyambaga nka Shaddyboo yoherejwe mu kigo cya ‘Isange Rehabilitation Centre’ i Huye kirogora ubumara bw’ibiyobyabwenge…

Umuyobozi w’ishuri yakubiswe ikintu mu mutwe bamusiga aho bazi ko yapfuye

Muhanga: Umuyobozi wa GS Sholi, birakekwako ko yatemwe n'abagizi ba nabi akaba arembeye mu Bitaro i Kabgayi. Bamwe mu baturage…

Future Generation yegukanye ‘Esperance Football Tournament 2026’

Ikipe ishamikiye ku Irerero rya Future Generation, yegukanye igikombe cya ‘Esperance Football Tournament 2026’ nyuma yo gutsinda Naples kuri penaliti…

Abavandimwe bisanze bafungiwe icyaha cya Jenoside, kandi umwe yaragihaniwe

Nyanza: Abavandimwe babiri basanzwe bafitanye amakimbirane hagati yabo, bafunzwe bakekwaho ibyaha bifitanye isano na Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Hashize…

Shema Fabrice yasabye abasifuzi bato kugira inzozi zagutse

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice yasabye abasifuzi bato bari guhugurwa, kugira inzozi zagutse zirimo kugera…

- Advertisement -
Ad image