Amakuru aheruka

Uganda iteye indi ntambwe mu kubyutsa umubano n’u Rwanda, Umuyobozi ukuriye ubutasi (CMI) yasimbujwe

*Maj. Gen Kandiho “yavuzweho guhohotera Abanyarwanda” Ishobora kuba ari indi ntambwe ikomeye

Goma: DJ Damas wamamaye mu kuvanga imiziki yitabye Imana

Damas Tegera wamamaye nka DJ Damas mu kuvanga imiziki no gufatanya n’abandi

Perezida wa Malawi yirukanye Guverinoma yose ayishinja ruswa

Lazarus Chakwera, Perezida wa Malawi yirukanye abagize Guverinoma ye bose abashinja ruswa.

KNC atariye iminwa ati “Ubunyamabanga bwa FERWAFA burwaye Malaria”

*Ibihano yafatiwe ngo birasekeje azajurira *KNC yavuze ko afite ubushobozi yakwirukana abakozi

AFCON2021: Abantu 8 bishwe n’umubyigano kuri Stade ya Yaoundé

Abantu umunani harimo umwana w’imyaka 6 bitabye Imana, abagera kuri 50 barakomereka

RPMFA yisubiye ku cyemezo gihagarika amasezerano n’ibigo bya RADIANT, SANLAM na BRITAM

UPDATED: Ishyirahamwe ry’amavuriro y’igenga mu Rwanda (RPMFA) ryisubiye ku cyemezo ryari ryafashe

Rusizi: Polisi yataye muri yombi abagabo bacukuraga Zahabu rwihishwa muri Nyungwe

Polisi y’Igihugu ikorera mu Karere ka Rusizi yataye muri yombi Ntegetimana Etienne

Burkina Faso: Coup d’Etat yahiye, abasirikare bayikoze bavuze ijambo kuri Televiziyo

UPDATE: Abaturage ba Burkina Faso n'Isi muri rusange biriwe mu gihirahiro nyuma

Mutabazi wabuze mu ruhame yongeye kuboneka i Abu Dhabi

Umukinnyi wabigize umwuga wa Volleyball Mutabazi Yves ukinira ikipe ya Al Jazeera

Perezida Kagame yakiriye Ambasaderi w’Amerika ucyuye igihe Peter Vrooman

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 24 Mutarama 2022 Perezida wa Repubukika

FERWAFA yafatiye ibihano perezida wa Gasogi ndetse n’abakinnyi

Inama ya Komisiyo ishinzwe imyitwarire muri FERWAFA yateranye ku wa gatandatu tariki

Mr Emmy yisunze Karigombe bakora indirimbo yitsa ku rukundo rw’ibanga -VIDEO

Umuhanzi  Mr Emmy usanzwe ari umunyamakuru yisunze umuraperi Siti True Karigombe bakora

Sheebah ntiyemerewe kuririmba indirimbo yakoze mu myaka 8

Jef Kiwa wahoze ari umujyanama mu muziki wa Sheebah Kalungi, nyuma yiterana

Umuceri uhinze kuri hegitari 20 warengewe n’amazi y’imvura mu kibaya cy’umugezi wa Mukungwa

Imvura nyinshi yaguye mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru mu Turere twa