Amakuru aheruka

Rubavu: Umusaza yahiriye mu kiraro cy’inka kugeza apfuye

Umusaza Kayibagame Salathiel w’imyaka 65 wari utuye mu Murenge wa Mudende mu

Huye: Umwana w’imyaka 17 yapfuye nyuma yo gutererwa ibyuma mu kabari

Hakizimana Valens yashizemo umwuka nyuma yo guterwa ibyuma mu nda ku saa

Etiyopiya yahaye imbabazi inyeshyamba zirimo Sibhat Nega washinze TPLF

Minisitiri w'Intebe wa Etiyopiya, Abbiy Ahmed yatangaje ko mu rwego rwo kugera

Mayaka nyiri Cine ElMay mu Biryogo yitabye Imana

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 08 Mutarama 2022

NESA yasohoye uko ingendo z’abanyeshuri biga bacumbikiwe ziteye

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibizamini n’ubugenzuzi bw’amashuri (NESA), cyatangaje gahunda y’ingendo ku banyeshuri

Imodoka yafashwe n’inkongi irashya irakongoka

KICUKIRO – Ahagana saa moya z'umugoroba kuri uyu wa gatanu tariki ya

Kamonyi: Inyongeramusaruro n’inama zahawe abahinzi byatumye umusaruro wikuba kabiri

Inyongeramusaruro n'inama zahawe abahinzi bahawe byatumye  umusaruro babona mu bihingwa bitandukanye wikuba

Ubushinwa bwateye utwatsi ibyo kugusha Africa mu mutego w’amadeni itazishyura

Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga w'Ubushinwa, Wang Yi ku wa Kane, tariki 6 Mutarama

Kigali: Umugabo usabisha akazi impamyabumenyi ya PhD yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umugabo witwa Igabe Egide, arakekwaho

Ubwato bwa Gisirikare buri mu kazi, abahahira hakurya no hakuno ya Nyabarongo barashima Leta

Abaturage bari basanzwe bakoresha ikiraro cya Gahira cyabafashaga kwambuka Nyabarongo ariko kikaza

Ba Offisiye baregwa ruswa mu bizami bya Perimis urubanza rwabo rwongeye gusubikwa

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07 Mutarama, 2022 Urukiko Rwisumbuye rwa

COVID-19: Hoteli zimwe zafunzwe by’agateganyo zinacibwa agera kuri frw 300,000

Urwego Rushinzwe iterambere mu Rwanda  (RDB) rwategetse ko  ibigo  byakira abantu ndetse

Ingabo ziyobowe n’Uburusiya zoherejwe muri Kazakhstan guhosha imvururu

Ingabo zirimo iz’Uburusi zamaze kugera mu gihugu cya Kazakhstan bisabwe na Perezida

Ruhango: Umugore akurikiranyweho “kwiha ububasha bwo gufunguza abafunzwe”

Umugore wo mu Murenge wa Bweramana witwa Mukundente arimu maboko y'Urwego rw'Ubugenzacyaha

Nyanza: Umwana w’imyaka 2 yaguye mu cyobo cy’amazi arapfa

*Ubuyobozi burakebura ababyeyi Mu Mudugudu wa Kinyana, mu Kagari ka Migina, mu