Amakuru aheruka

Inyama z’akanyamasyo zahitanye 7 mu baziriye 

Zanzibar: Abantu 7 bo mu birwa bya Zanzibar ahitwa Pemba bapfuye nyuma

Museveni yashyikirije Leta ya Tanzania ishuri yubatse mu gace Magufuli avukamo

Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo, 2021 Perezida wa Uganda, Yoweri

Perezida Kagame yahaye gasopo abayobozi bitwaza inama ntibakemure ibibazo by’abaturage

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yasabye abayobozi  batorewe kujya muri Njyanama z’Uturere

Abayobozi basabwe kwegura cyangwa gukemura ikibazo cy’igwingira ry’abana

Perezida Paul Kagame yasabye Abayobozi b’inzego z’ibanze gukemura vuba na bwangu ikibazo

Angeline Ndayishimiye yashimye umusanzu wa “Imbuto Foundation” mu kubaka u Rwanda

Umugore wa Perezida wa Repubulika y’ uBurundi,Ndayishimiye Angeline,yashimiye uruhare rw’Umuryango Imbuto Foundation

Israel yemeye kwakira abimukira 3000 bo muri Ethiopia

Leta ya Isirael yafashe icyemezo cyo kwakira abimukira 3000 bo muri Ethiopia

Min Gatabazi yasabye FERWAFA kwita ku misifurire, bitaba ibyo “Football ntaho igana”

Nyuma y’umukino wahuje Kiyovu Sports na Musanze FC, iyi kipe yo mu

Perezida Cyril Ramaphosa yamaganye amahanga akomeje gushyira mu kato igihugu cye

Perezida wa Africa y’Epfo yagaragaje ko adashyigikiye icyemezo cy’amahanga akomeje kubuza indege

Abakobwa 2 n’umuhungu bigaga kuri CEPEM barohamye mu kiyaga cya Burera

Amakuru y'inzego z'umutekano yemeza ko abanyeshuri batanu barimo boga mu kiyaga cya

U Rwanda rwahagaritse ingendo z’indege zigana muri Africa y’Amajyepfo

Ubwoko bushya bwa Covid-19 yihinduranyije yitwa Omicron bwatumye Inama y’Abaminisitiri ifata icyemezo

CAF Confederation Cup: APR FC i Kigali yanganyije na RS Berkane

Kuri iki Cyumweru “APR FC” yakiriye RS Berkana yo muri Marocco umukino

Rutsiro: Abantu 7 bitwikiriye ijoro bagiye kwiba amabuye y’agaciro bakomeretsa abacunga umutekano

Abagabo barindwi bo mu murenge wa Mukuru akarere ka Rutsiro batawe muri

Gen Kabarebe yibukije abayobozi b’Uturere ko abaturage bazi icyo bashaka batabeshywa

Gen James Kabarebe akaba Umujyanama wa Perezida wa Repubulika mu by’umutekano aganiriza

Mozambique: Ingabo z’u Rwanda zatangije umuganda rusange i Palma

Ingabo z’u Rwanda ziri Mozambique mu bikorwa byo guhangana n’ibyihebe mu ntara

Ikigo gishya CGU kije ku isoko ryo mu Rwanda gutanga akazi, wakorera $15 ku munsi!

CGU bivuze (Crypto Gaming United), gifite intego yo guteza imbere ibice bigikennye