Amakuru aheruka

Kigali: Barataka ko igiciro cya gaz cyatumbagiye

Bamwe mu bacuruzi ndetse n’abakoresha gaz yo gutekesha umunsi ku wundi barataka

U Rwanda rwahakanye gufasha M23, “ngo yateye Congo ivuye muri Uganda”

Itangazo ryasohowe n'Ingabo z'u Rwanda rivuga ko RDF itagize uruhare mu gitero

M23 yasohoye itangazo ku gitero cyayitiriwe iracyamagana

*Ingabo za Leta zivuga ko zasubiranye ibirindiro bya Chanzu zari zambuwe Mu

Tora NSABIMANA RUREGEYA ku mwanya w’Umujyanama rusange w’Akarere  ka Ngoma

NSABIMANA RUREGEYA  ni Intore yo Mungeruzabahizi. Ni inzobere mu Iterambere  ry'ubukungu n’Imibereho

Hakizimana Darius ariyamamaza ku mwanya w’Umujyanama rusange mu Karere ka Rubavu

Hakizimana Darius ni umugabo wubatse, afite imyaka 35 y’amavuko, yize Kaminuza,  afite

U Burundi bwashyikirijwe ibikoresho by’uburobyi byafatiwe mu kiyaga cya Rweru

Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera ku ruhande rw'u Rwanda nyuma yo kugirana ibiganiro

Tora Gatete Theophile wiyamamariza kuba Umujyanama rusange mu Karere ka Gicumbi

Gatete Theophile yize Kaminuza mu ishami ry'Ubukungu, afite uburambe bw'imyaka 9 mu

Muhanga: Inzego z’ubugenzacyaha zasabwe gukora kinyamwuga kuko ariho ubutabera bushingiye

Abakora mu rwego rw'Igihugu rw'ubugenzacyaha mu Rwanda, babwiwe ko gukora kinyamwuga ari

Emery Bayisenge yasubiye mu ikipe yakiniye muri Bangladesh

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Emery Bayisenge yasubiye mu ikipe ya Saif SC

Perezida Ndayishimiye yatangiye uruzinduko rw’iminsi 5 muri UAE

Perezida Evariste Ndayishimiye w'u Burundi yatangiye uruzinduko rw'iminsi itanu muri Leta zunze

TORA HABANABAKIZE J. Baptiste ku mwanya w’Umujyanama rusange mu Karere ka Rusizi

HABANABAKIZE Jean Baptiste avuka mu Karere ka Rusizi, afite imyaka 39 y’amavuko,

Perezida wa Zambia yamaganye ubutinganyi “ngo igihugu cy’Abakiristu ntikizabwemera”

Umukuru w'Igihugu cya Zambia, Hakainde Hichilema avuga ko Leta izatemera ubutinganyi aho

Birakekwa ko abahoze muri M23 bubuye imirwano, bafashe ibirindiro bya FARDC ahitwa Chanzu

Kuri iki cyumweru tariki ya 08 Ugushyingo 2021 imirwano ikaze yumvikanyemo imbunda

Kigali: Abo mu itorero “Umuriro wa Pentekote” bavuga ko batarumva akamaro ko kwingiza COVID-19

Bamwe mu bayoboboke b’itorero “Umuriro wa Pentekote” rikorera mu Murenge wa Kimironko

Rutsiro: Abahinzi b’ibinyomoro bahangayikishijwe n’indwara y’amayobera yibasiriye iki gihingwa

Imyaka ibaye ibiri igihingwa cy’ibinyomoro cyibasirwa n’indwara y’amayobera atuma iyo igiti kigejeje