Inama ku ishoramari rya Afurika yasubitswe kubera ubwoko bushya bwa Covid-19
Inama mpuzamahanga yigaga ku ishoramari rya Afurika(Africa Investment forum) yari iteganyijwe gutangira…
Sadate Munyakazi wayoboye Rayon Sports mu bihe bigoye yagenewe impano
Munyakazi Sadate wabaye Perezida wa Rayon Sports, yagaragaje ibyishimo bisendereye yatewe n’impano…
U Rwanda na RDC mu biganiro bigamije kubaka umupaka uhuriweho i Rusizi
Intumwa za Repubulika ya Demkarasi ya Congo n’u Rwanda ziri mu biganiro…
Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or yo mu mwaka w’imikino 2021
Lionel Messi yegukanye Ballon d’Or ya karindwi mu mateka ye, ahigitse abo…
Muhanga: Umuyobozi w’ishuri aravugwaho gutegeka abanyeshuri gukubita umubyeyi
Bamwe mu babyeyi bo mu Kagari ka Mubuga, mu Murenge wa Shyogwe,…
Covid19: Abakuze n’abafite indwara zidakira bagiye guhabwa doze ya gatatu
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu bose bafite hejuru y’imyaka 50 n’abafite hejuru…
Inyama z’akanyamasyo zahitanye 7 mu baziriye
Zanzibar: Abantu 7 bo mu birwa bya Zanzibar ahitwa Pemba bapfuye nyuma…
Museveni yashyikirije Leta ya Tanzania ishuri yubatse mu gace Magufuli avukamo
Kuri uyu wa Mbere tariki 29 Ugushyingo, 2021 Perezida wa Uganda, Yoweri…
Perezida Kagame yahaye gasopo abayobozi bitwaza inama ntibakemure ibibazo by’abaturage
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda yasabye abayobozi batorewe kujya muri Njyanama z’Uturere…
Abayobozi basabwe kwegura cyangwa gukemura ikibazo cy’igwingira ry’abana
Perezida Paul Kagame yasabye Abayobozi b’inzego z’ibanze gukemura vuba na bwangu ikibazo…
Angeline Ndayishimiye yashimye umusanzu wa “Imbuto Foundation” mu kubaka u Rwanda
Umugore wa Perezida wa Repubulika y’ uBurundi,Ndayishimiye Angeline,yashimiye uruhare rw’Umuryango Imbuto Foundation…
Israel yemeye kwakira abimukira 3000 bo muri Ethiopia
Leta ya Isirael yafashe icyemezo cyo kwakira abimukira 3000 bo muri Ethiopia…
Min Gatabazi yasabye FERWAFA kwita ku misifurire, bitaba ibyo “Football ntaho igana”
Nyuma y’umukino wahuje Kiyovu Sports na Musanze FC, iyi kipe yo mu…
Perezida Cyril Ramaphosa yamaganye amahanga akomeje gushyira mu kato igihugu cye
Perezida wa Africa y’Epfo yagaragaje ko adashyigikiye icyemezo cy’amahanga akomeje kubuza indege…
Abakobwa 2 n’umuhungu bigaga kuri CEPEM barohamye mu kiyaga cya Burera
Amakuru y'inzego z'umutekano yemeza ko abanyeshuri batanu barimo boga mu kiyaga cya…