Imikino

AS Kigali yatije umukinnyi muri Bangladesh

Ibicishije ku mbuga nkoranyambaga zayo, ikipe ya AS Kigali yifurije amahirwe masa

Mu marira menshi, Piqué yahagaritse gukina umupira w’amaguru

Myugariro wo hagati w'ikipe y'Igihugu ya Éspagne, Gérard Piqué, yakinnye umukino we

Sitting Volleyball: Abagabo byongeye kwanga, abagore byongera gucamo

Muri shampiyona y'Isi ya Volleyball ikinwa n'abafite ubumuga iri kubera mu gihugu

Imikino y’abakozi: RBC yihimuye kuri Rwandair iyitwara igikombe

Ikipe y'umupira w'amaguru y'Ikigo cy'Igihugu cy'Ubuzima (RBC), yegukanye igikombe cya shampiyona itsindiye

Uwayo wayoboraga Komite Olempike y’u Rwanda yeguye

Biciye mu ibaruwa yandikiye Abanyamuryango ba Komite Olempike y'u Rwanda, Uwayo Théogène,

Samuel wari wahamagawe mu Amavubi, yahamagawe mu Burundi

Myugariro wo hagati w'ikipe ya Rayon Sports, Ndizeye Samuel usanzwe ari kapiteni

Sitting Volleyball: U Rwanda rwatangiye neza mu gikombe cy’Isi

Mu mikino ya nyuma y'Igikombe cy'Isi ya Volleyball y'abafite ubumuga iri kubera

Amagare: Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo hakinwe Kibeho Race

Mu gihe habura iminsi umunani gusa ngo hatangire isiganwa ry'umukino w'amagara ryiswe

Shampiyona y’Icyiciro cya Kabiri izakinwa n’amakipe 20

Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru , ryatangaje ko shampiyona y'Icyiciro cya Kabiri izakinwa

Inteko rusange ya Kiyovu Sports yasubukuwe

Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu Sports, bwamenyesheje abanyamuryango b'iyi kipe ko Inteko rusange

Espoir yanyomoje abayishinjaga gutanga amanota

Ikipe ya Espoir FC yo mu Akarere ka Rusizi, yaguye miswi na

Nyanza FC yabonye umuterankunga uzayambika

Ikipe yo mu kiciro cya kabiri ya Nyanza FC yabonye umuterankunga uzajya

RIB yafunze Mukundiyukuri na Mugisha Jean Jacques

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha , rwataye muri yombi abakozi babiri ba Komite Olempike

Adel Amrouche ashobora kongera gutoza u Burundi

Umunya-Algérie, Adel Amrouche wigeze gutoza ikipe y'Igihugu y'u Burundi, ashobora kongera kuyihabwa

AS Kigali y’abagore yanze gukora imyitozo itarahembwa

Nyuma yo kumara amezi atatu batazi uko umushahara usa, abakinnyi ba AS