Imikino

Ntimukatuzane mu matiku yanyu: Rwasamanzi Yves yajoye itangazamakuru

Umutoza mukuru wa Marines FC, Rwasamanzi Yves, yasabye abanyamakuru b'imikino kutajya bashaka

Mu mukino udashamaje, Police yasezereye Étoile de l’Est mu gikombe cy’Amahoro

Mu mukino wa ¼ cy'Igikombe cy'Amahoro, ikipe y'Igipolisi yatsinze Étoile de l'Est

Gisagarara VC yerekeje muri Tunisia mu mikino Nyafurika

Ikipe ya Gisagara Volleyball Club ihagarariye u Rwanda mu marushanwa Nyafurika agomba

Real Madrid 3-1 Manchester City; Icyo imibare yerekana

Nyuma yo kongera gushimangira ko ari ikipe ikwiye icyubahiro muri ruhago y'Isi,

PEACE CUP: Amazi si ya yandi, Marine FC itsinze APR FC

Umukino wahuzaga Marine FC na APR FC urangiye ikipe y’i Rubavu itsinze

UPDATE: APR FC yavuze ko nta mukinnyi wakomerekeye mu mpanuka

UPDATE: Ubutumwa bwa APR FC bugira buti "Abakinnyi ndetse n'abandi bari mu

AS Kigali WFC yatandukanye n’uwari Umunyamabanga Mukuru wayo

Geoffrey Bucyana Mugabo wari Umunyamabanga Mukuru w'ikipe ya AS Kigali Women Football

Umukinnyi wa Gicumbi FC yatawe muri yombi

Umwe mu bakinnyi b'abanyamahanga bakinira ikipe ya Gicumbi FC, yaraye atawe muri

Perezida wa Rayon yageneye ubutumwa APR bashobora guhura

Rtd Uwayezu Jean Fidèle uyobora ikipe ya Rayon Sports, nyuma yo gusezerera

Rayon Sports na AS Kigali zirakomeje, Gasogi ya KNC yo irasigaye – AMAFOTO

Imikino ibiri ya kimwe cya kane mu gikombe cy’Amahoro irangiye Rayon Sports

Kiyovu Sports yatanze Eid-al-Fitr inyagira Rutsiro Fc 4-0

Ikipe ya Kiyovu Sports yongeye kugusha imvura y'ibitego itababariye Rutsiro Fc yanyagiye

Imikino y’abamugaye: Huye yegukanye igikombe cya shampiyona ya Amputee Football

Mu mikino y'abamugaye ya Amputee Football yasorejwe mu Akarere ka Musanze kuri

NFF yasoje ibikorwa byo Kwibuka abana bazize Jenoside

Nyuma y'iminsi irindwi, Fondation Ndayisaba Fabrice, NFF, yasoje ibikorwa byo Kwibuka ku

Umuri Foundation yatangije irushanwa ryo kurwanya inda zitateganyijwe

Biciye mu bufatanye bw'irerero rya Umuri Foundation rya Jimmy Mulisa, n'Umuryango wita

Gorilla FC yatandukanyije Mukura VS n’abari abatoza bayo

Nyuma yo kunganya n'ikipe ya Gorilla FC mu mukino w'umunsi wa 25