Imikino

Perezida wa FIFA azatorerwa i Kigali

Hemejwe ko inama y’Inteko rusange ya 73 y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA)

RUSWA mu mupira w’amaguru, uwari Umuyobozi muri FERWAFA n’umusifuzi BARAFUNZWE

Umuvugizi w'Urwego rw'Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB), Dr Murangira B Thierry yatangaje ko

Samuel Eto’o yakatiwe gufungwa imyaka ibiri isubitse

Samuel Eto'o wahoze ari rutahizamu wa Kameruni yemeye icyaha cyo kunyereza umusoro

Ferwafa yirukanye Nizeyimana Félix wari ushinzwe amarushanwa

Mu Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru, Ferwafa, hakomeje kugaragaramo impinduka zishingiye ku makosa

Gisagara yihimuye kuri REG mu irushanwa ryo Kwibuka Rutsindura

Ni irushanwa ryasojwe ku Cyumweru tariki 19 Kamena, risorezwa mu Iseminari Nto

Amezi ane yari ahagije ngo Ferwafa ibone ko yibeshye kuri Muhire

Nyuma y'amezi ane n'iminsi ine gusa, Muhire Henry Brulant yahagaritswe mu nshingano

Basketball: Ikipe y’Igihugu U18 yagarukanye ishema i Rwanda

Mu minsi ishize, mu gihugu cya Uganda haberaga imikino ya Basketball yo

Marines yashinje ubugambanyi Hakizimana Félicien wasinyiye Kiyovu Sports

Nyuma y'isozwa rya shampiyona, amakipe akomeje kurambagiza abakinnyi azagura bakaza kongera imbaraga

Sogonya Hamiss yatangiye akazi gashya atsinda

Kuri iki Cyumweru ikipe ya AS Kigali Women Football Club yari yakiriye

Imikino y’abakozi: Rwandair FC igiye kwerekeza muri Nigeria

Uretse kuba isanzwe ikina amarushanwa ategurwa n'Ishyirahamwe Nyarwanda ry'imikino y'abakozi, ARPST, ikipe

Komisiyo y’abasifuzi muri Ferwafa iravugwamo ibikorwa by’umwijima

Umupira w'amaguru mu Rwanda, ukomeje kuvugwamo ibinyuranyije n'amatageko ndetse bamwe ntibatinya kubyita

Sunrise FC yagarutse mu Cyiciro cya Mbere

Kuri uyu wa Gatandatu, ni bwo hakinwe umukino wo kwishyura wa 1/2

Abatoza bifuza gukora amahugurwa ya Licence C basubijwe

Mu Rwanda benshi baracyahamya ko amahugurwa agenerwa abatoza b'umupira w'amaguru, akiri make

Ferwafa yivuguruje gatatu mu minsi ine

Kuva AS Muhanga yatsindwa na Rwamagana City muri 1/4 cya shampiyona y'icyiciro

Perezida Kagame ni umufana ukomeye wa Golden State Warriors

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatewe ishema n’ikipe afana ya Golden State