Imikino

Kiyovu yaguye munsi y’urugo, Police FC ikomeza kuba ya yindi

Imikino ine y'umunsi wa 30 wa shampiyona y'icyiciro cya Mbere mu Rwanda,

Salomon Kalou wakiniye Chelsea yagiye gukina muri Djibouti

Shampiyona y'icyiciro cya Mbere mu gihugu cya Djibouti, si benshi bayizi ariko

Umukinnyi wa AS Muhanga arayishinja amanyanga

Nyuma y'aho ikipe ya AS Muhanga yatsindiwe iwayo na Rwamagana City muri

Hari byinshi Gasogi yambuwe n’abasifuzi; KNC yatunze urutoki abasifuzi

Muri uyu mwaka w'imikino, amakipe atandukanye yagiye yumvikana ashyira mu majwi abasifuzi,

Itangishaka Claudine na Kalimba Alice bagiye gukina muri Maroc

Ntabwo ari kenshi shampiyona y'icyiciro cya Mbere y'Abagore mu Rwanda, itanga abakinnyi

Vincent Kompany yagarutse mu Bwongereza nk’umutoza

Mu masaha make ashize, ikipe ya Burnley yo mu Cyiciro cya Kabiri

Ubujurire bwa Rwamagana bwasubikishije umukino wa AS Muhanga na Interforce

Ku wa Mbere tariki 13 Kamena, ni bwo Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umupira w'Amaguru,

Mu marira menshi, Marcelo yasezeweho mu cyubahiro na Real Madrid

Ku wa Mbere tariki 13 Kamena mu Mujyi w'i Madrid, habaye umuhango

Umwaku wa Kiyovu wayiherekeje i Rusizi, APR FC ihanganye na yo yatsinzwe 2-0

Byari bihagije ko Kiyovu Sports itsinda Espoir FC igafata umwanya wa mbere

Rwamagana City yatewe mpaga ku nshuro ya Kabiri

Hashize iminsi ikipe ya AS Muhanga itanze ikirego iregamo iya Rwamagana City

Amagare: Abato bahanzwe amaso muri shampiyona y’Isi izabera mu Rwanda

Mu 2025, u Rwanda ruzakira Shampiyona y'Isi y'umukino w'amagare. Ni irushanwa riza

Kongera ubushobozi bw’abanyamuryango biri mu byitezwe kuri manda ya Murenzi

Ku wa Gatandatu tariki 11 Kamena, ni bwo abanyamuryango b'Ishyirahamwe Nyarwanda ry'Umukino

Meya wa Rutsiro ntahuza imvugo n’abakinnyi ku ihembwa ry’ikipe

Mu minsi itatu ishize, havuzwe amakuru ku kipe ya Rutsiro FC aho

Amagare: Mugisha Moïse yimanye u Rwanda muri Cameroun

Mugisha yegukanye iri siganwa akoresheje 26h34’24’’ ku ntera y’ibilometero 1066.2. Andreev Yordan

Umuri Foundation yashyize imbaraga mu gufasha abangavu kurwanya inda zitateganyijwe

Ubusanzwe Irerero rya Umuri Foundation rya Jimmy Mulisa, rigaragaramo ingimbi n'abangavu bafashwa