Imikino

TourDuRwanda2022: Abakinnyi b’amakipe azahagararira u Rwanda batangiye umwiherero

Guhera kuri uyu wa 11, Mutarama 2022, amakipe abiri (Ikipe y'igihugu &

Gasogi United yababariye Mbogo Ally wari washyizwe muri ‘Poubelle’

Mbogo Ally, ukina mu mutima w'ubwugarizi bwa Gasogi United yagaragaye mu myitozo

Football: Abakinnyi 10 bakomeye mu Rwanda badafite amasezerano muri iki gihe

Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru ku isi FIFA, rigena ibihe bibiri mu mwaka byo

Gufata ubusabusa cyangwa ikabura byose, amahitamo ya PSG kuri Kylian Mbappe

Umuyobozi wa Paris Saint Germain, Nasser Al khellaifi n'umutoza wayo Mouriccio Pochettino

APR FC yapimishije Covid-19 nyuma yo kubona ibisubizo irasubukura imyitozo

Nyuma y’uko Minisiteri ya Siporo isohoye amabwiriza avuguruye agomba kugenga ibikorwa by’imikino

Umugore umwe rukumbi mu kibuga hagati mu basifuzi ba CAN 2021, Mukansanga Salma ni muntu ki?

Burya ngo uwambaye ikirezi ntamenya ko cyera kuko wumvise izina Mukansanga Salma

Novak Djokovic wanze gukingirwa COVID-19 yatsinze urubanza rwo kumukumira muri Australia

Umucamanza wo muri Australia yategetse ko umukinnyi wa mbere ku isi muri

CAN 2021: Cameroon yatangiranye intsinzi, Ethiopia itangira itakaza kuri Cape Verde-AMAFOTO

Amaso y’abakunzi b’umupira w’amaguru muri Afurika n’Isi muri rusange yose yari ahanzwe

Shampiyona izakinwa amakipe adasabwa kuba mu mwiherero

Minisiteri ya Siporo yakomoreye imyitozo n’amarushanwa ategurwa n’ingaga za siporo, amakipe akina

Uyu munsi Guinea itashye iseka nyuma yo gutsinda Amavubi 2-0

Wari umukino wa kabiri wa gicuti u Rwanda rwakinnye na Guinea yitegura

FERWAFA yabonye Umunyamabanga Mukuru mushya

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryabonye Umunyamabanga Mukuru mushya ari we

Naby Keïta yakoze imyitozo, uyu munsi arakinira Guinea ihura n’Amavubi

Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ya Guinea usanzwe akinira Liverpool yo mu Bwongereza, Naby

KNC yatangaje ko bandikira FERWAFA bamenyesha ko Gasogi ivuye muri Shampiyona

Perezida wa Gasogi United ikina icyiciro cya mbere cy’umupira w’amaguru mu Rwanda,

Rayon Sports yanditse imenyesha FERWAFA ko itazakina Shampiyona

Umuvugizi wa Rayon Sports yavuze ko bubaha ibyemezo by'inzego zireberera Sport ariko

FERWAFA yasabye amakipe ibidashoboka, bamwe basaba ko Shampiyona ihagarara

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryakoranye inama n’abayobozi b’amakipe ribasaba ko