Imikino

Amavubi yahamagaye abakinnyi 26 bagomba guhura na Guinea

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu Amavubi Mashami Vincent yahamagaye abakinnyi 26 bagomba kwitegura imikino

Polisi yari yatsinzwe 2-0 yavuye inyuma itsinda Gasogi United 3-2

Ni imikino y’umunsi wa 11 ya Shampiyona yakomeje aho kuri Stade ya

Bigoranye APR FC yatsinze Espoir FC ibona amanota atatu

Ni umukino w’umunsi wa 11 wa shampiyona aho APR FC yari yakiriye

Abakinnyi 5 ba Gasogi United basanzwemo Covid-19, iravugwa no mu yandi makipe

Bamwe mu bakinnyi b’ikipe ya Gasogi United banduye icyorezo cya COVID-19 ntibaza

Ishimwe Kevin yatandukanye na Kiyovu Sports

Ubuyobozi bw’Ikipe ya Kiyovu Sports Club iyoboye urutonde rwa shampiyona yamaze gutangaza

Umutoza Hitimana Thierry yatandukanye na Simba SC yo muri Tanzania

Umutoza w’Umunyarwanda Thierry Hitimana wari umutoza wungirije muri Simba Sports Club yo

Rayon Sports yanganyije na Gicumbi, Shampiyona iri ku munsi wa 11

Mu mikino y’umunsi wa 11 wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda

Sénégal ntikije gukina n’Amavubi umukino wa Gicuti

Ikipe y’igihugu ya Sénégal yagombaga kwitoreza i Kigali hagati ya tariki ya

Niyonzima Sefu yongeye gusaba imbabazi habura iminsi mike hagahamagarwa abazakinira Amavubi

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi Niyonzima Olivier, nyuma yo guhagarikwa mu ikipe y’igihugu

Guy Bukasa yarakariye myugariro Mbogo Ally ngo umushaka amusange mu kimoteri

Nyuma y’umukino Gasogi United yatsinzwemo na APR FC 2-0, Umutoza w’iyi kipe,

APR FC ifashe umwanya wa 2 by’agateganyo nyuma yo gutsinda Gasogi United

Kuri iki Cyumweru nibwo habaga umukino w’ikirarane aho ikipe y’Ingabo z’Igihu “APR

Urubanza rwa Jado Castar rwongeye gusubibwa 

Urukiko Rukuru rwafashe umwanzuro wo gusubika ubujurire bwa Bagirishya Jean de Dieu

Gasogi United imaze imikino 5 idatsinda, umutoza wayo Bukasa ati “Shampiyona iracyari mbisi”

Umutoza wa Guy Bukasa wa Gasogi United yavuze ko we atoza umupira

Jimmy Mulisa nyuma yo guhabwa AS Kigali yagize Haruna Niyonzima Kapiteni

Umutoza mushya w’agateganyo wa AS Kigali, Jimmy Mulisa yamaze gukora impinduka za

Rayon Sports yagarutse mu nzira y’igikombe nyuma yo gutsinda Police FC

*APR FC bigoranye yanganyije na Etoile de l'Est  Imikino yo ku munsi