Imikino

Gorilla Games yerekanye abatsindiye kuzajya mu Bwongereza

Kompanyi ikora ibijyanye n’imikino y’amahirwe ‘Betting’ ya Gorilla Games yerekanye abanyamahirwe batsindiye

KNC yavuze akarimurori nyuma yo gutsinda Kiyovu

Umuyobozi w’ikipe ya Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles yavuze ko Kiyovu Sports

Guhindura ikipe kwa Kiyovu kwayikozeho imbere ya Gasogi

Ikipe ya Kiyovu Sports yari yahinduye abakinnyi basanzwe babanzamo, yatsinzwe na Gasogi

Ishyirahamwe ry’imikino y’abakozi ryasinyanye amasezerano na Masita

Ubuyobozi bw’uruganda rukora imyenda n’ibindi bikoresho bya siporo, Masita, bwasinyanye amasezerano y’imikoranire

Amavubi agiye kubona umufatanyabikorwa uzayambika

Ikipe y'Igihugu y'u Rwanda y'umupira w'amaguru, Amavubi, mu minsi iri imbere ishobora

Abedi na Ismaël Pichou mu muryango winjira muri Yanga

Abakinnyi babiri mpuzamahanga b'ikipe y'igihugu y'u Burundi na Kiyovu Sports, Bigirimana Abedi

Kwibuka28: Rayon Sports yasuye Urwibutso rwa Ntarama rushyinguyemo Abatutsi bazize Jenoside

Ikipe ya Rayon Sports irangajwe imbere n'ubuyobozi bwayo, yasuye Urwibutso rw'i Ntarama

La Jeunesse yatangiye kugurisha abakinnyi mu Cyiciro cya Mbere

Amakipe yo mu Cyiciro cya Mbere, yabengutse abakinnyi batanu ba La Jeunesse

Ingengabihe y’Igikombe cy’Amahoro mu bagore yagiye hanze

Amakipe y’abari n’abategarugori yo mu Cyiciro cya Mbere n’icya Kabiri, yamaze kumenyeshwa

Ibya Buteera Andrew wari watijwe AS Kigali byarangiye gute?

Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu na APR FC, Buteera Andrew yamaze gusubizwa ikipe yari

Kwibuka 28: Uko Siporo yunze Abanyarwanda nyuma ya Jenoside

Siporo ni imwe mu nzira zifashishwa muri byinshi, yanakoreshejwe mu kugarura ubumwe

Kwibuka28: Ruhago y’u Rwanda yariyubatse nyuma yo gushegeshwa na Jenoside

Hashize imyaka 28 abarenga miliyoni imwe baburiye ubuzima muri Jenoside yakorewe Abatutsi

Ndayisaba Fabrice Foundation yafatanyije na Real Betis Kwibuka abana bishwe muri Jenoside

Biciye mu bufatanye bw’Umunya-Espagne, Jose Carlos uri mu Rwanda, ikipe y’iwabo Real

Ubuhamya bw’umutoza wa AS Kigali WFC warokokeye i Mibirizi

Umutoza w’abanyezamu ba AS Kigali WFC, Safari Jean Marie Vianney avuga ko

Arsenal yifatanyije n’u Rwanda kwibuka Jenoside ku nshuro ya 28

Abakinnyi b'ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza, batanze ubutumwa bwo kwifatanya n'Abanyarwanda