Imikino

Rayon Sports yatsitaye i Ngoma inganya na Etoile de L’Est

*Umukinnyi Rayon Sports yanze guha amasezerano ni we wayitsinze Rayon Sports yanganyije

APR FC yatsinze Gasogi United, mu gihe Kiyovu yakuye amanota kuri Musanze FC

Imikino y’umunsi wa 20 ya Shampiyona yakomeje kuri uyu wa Gatandatu, kuri

Bendixen wakinnye Tour du Rwanda 2020 yanenze hoteli yacumbitsemo i Kigali

Louis Bendixen umukunnyi w’amagare wabigize umwuga ukinira ikipe ya Team Coop wari

Abdou Mbarushimana yagizwe umutoza mushya wa Etoile de l’Est

Umutoza Mbarushimana Abdou uherutse gutandukana na Bugesera FC yahawe akazi nk’umutoza mukuru

Umuteramakofe arifuza kugura Chelsea nyuma y’uko ishyizwe ku isoko

Kabuhariwe mu mikino njyarugamba, Conor McGregor yatangaje ko yifuza kugura ikipe y'umupira

Umunyamakuru Horaho Axel yasohoye amatariki y’ubukwe bwe

Umunyamakuru w’imikino Horaho Axel yashyize ahagaragara amatariki y’ubukwe bwe n’umukobwa baherutse gusezerana

Umwana utanga icyizere mu ikipe y’Amavubi U17 yagiye kwiga umupira muri América

Umukinnyi w'Ikipe y'Igihugu y'Ingimbi ziri munsi y'imyaka 17 (Amavubi U17) akaba n'umukinnyi

Rutahizamu wa APR FC ari mu maboko ya Polisi

Bizimana Yannick usanzwe ari rutahizamu wa APR FC, ari mu maboko ya

Nyuma y’uko Akarere kanenzwe gutererana Gicumbi Fc, hashyizweho komite y’agateganyo

Nyuma y’uko Perezida w’ikipe ya Gicumbi FC yo mu Karere ka Gicumbi,

Uwo twari kumwe yambwiye ngo genda utsinde nta mbaraga mfite – Mugisha Moise

Umunyarwanda Mugisha Moise, ukinira ProTouch yo muri Afurika y’Epfo wegukanye agace ka

Perezida wa Gicumbi FC yeguye “ashinja Akarere kumutererana”

Uwari Perezida w'ikipe ya Gicumbi FC, Urayeneza John yamaze gusezera kuri izo

Ibigo 66 bizitabira Shampiyona y’abakozi izatangira muri Werurwe

Nk'uko byemerejwe mu Inama y'Inteko Rusange yahuje abanyamuryago b'Ishyirahamwe ry'Imikino y'Abakozi mu

Etoile de l’Est yatandukanye n’abatoza bungirije barimo Banamwana Camarade

Ikipe ya Etoile de l’Est FC yo mu karere ka Ngoma yatandukanye

Imbamutima za Kayitesi wegukanye igikombe muri AS Kigali y’abagore

Umutoza mukuru wa AS Kigali WFC yamaze kwegukana igikombe cya shampiyona y'Icyiciro

Nyuma y’imyaka ibiri, FERWAFA yasohoye uko amakipe azesurana mu gikombe cy’amahoro

Amakipe 23 yo mu cyiciro cya mbere n’icya kabiri cy’umupira w’amaguru mu