Imyidagaduro

Papa Cyangwe yasohoye EP yise “Sitaki”, atera utwatsi ibyo gusubirana na Rocky

Umuhanzi Abijuru King Lewis umaze kubaka izina mu ruhando rwa muzika nyarwanda

The Ben na Diamond bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo shya bise Why

Nyuma y’iminsi ibiri basohoye indirimbo ‘Why’ mu buryo bw’amajwi, The Ben na

Dr Jose Chameleone yiyibukije ibihe bye aba mu Rwanda

Umuhanzi wigaruriye imitima y’Abagande na bamwe mu Banyarwanda tudasize na Afurika muri

Rubavu: Prince Badoo umuhanzi mushya utanga icyizere yasohoye indirimbo “Wsy Queen” -VIDEO

Ababyeyi be bamwise Shema Prince ariko yahisemo kwiyita Prince Badoo muri muzika.

Umunyamakuru Gentil Gedeon yasimbuye Arthur kuri Kiss FM

Umunyamakuru umenyerewe mu biganiro mbarankuru Ntirenganya Gentil Gedeon yasimbuye Arthur Nkusi uherutse

Icyo Kanyombya avuga nyuma yo gufatwa yarenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19

Abantu 9 barimo n'Umukinnyi wa Filime Nyarwanda uzwi ku izina rya Kanyombya

Javanix na Khalfan bageneye abanyabirori indirimbo ibyinitse nk’impano y’ubunani- VIDEO

Afatanyije na Khalfan Govinda, umuhanzi Iradukunda Javan uzwi nka Javanix yasohoye amashusho

Korali Rangurura yasohoye indirimbo nshya “Humura irakuzi” irema imitima y’abizera-VIDEO

Korali Rangurura ibarizwa mu Itorero rya ADEPR Gihogwe yashyize hanze indirimbo nshya

Umwami w’imihanda yafunguwe ! Masho Mampa yasoje igifungo cy’imyaka ine muri gereza

Mugabo Jean Paul wamamaye nka Masho Mampa mu muziki nyarwanda, wari umaze

Senderi ari mu kamwenyu nyuma yo kugura imodoka nshya ati “Ni akamodoka kari aho gasanzwe”

Umuhanzi Nzaramba Eric Senderi wamamaye mu ruhando rwa muzika nyarwanda nka Senderi

Ishyamba si ryeru mu rukundo rwa Ariel Wayz na Juno Kizigenza

Juno Kizigenza na Ariel Wayz bari mu bakomeje kukanyuzaho muri iyi minsi

Aline Gahongayire ageze kure imyiteguro yo kumurika album ya 7

Umuhanzikazi Aline Gahongayire yatangaje ko ageze kure imirimo ya nyuma yo gutunganya

Umuhanzi Général Defao wamenyekanye mu njyana ya Rumba yapfuye

Umuhanzi ukomoka muri Repuburika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Lulendo Matumona wamenyekanye

Umuramyi Ahishakiye Elise yasohoye indirimbo “akomoza ku mirimo Imana yamukoreye”

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Ahishakiye Elise yasohoye indirimbo

Gen Kabarebe na Mme Louise Mushikiwabo batashye ubukwe bwa Uwayezu Regis

Uwahoze ari Umunyamabanga wa FERWAFA, Uwayezu François Regis yasabye anakwa Isaro Sonia