Imyidagaduro

Chryso Ndasingwa yateguje ibyishimo bisendereye mu gitaramo yise ‘Wahozeho’

Chryso Ndasingwa uri mu bahanzi bakunzwe mu muziki wo kuramya no guhimbaza

Tumaini Byinshi yakoze indirimbo ikumbuza abantu ijuru-VIDEO

Umuramyi Tumaini Byinshi utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yashyize hanze

Igiterane ‘Fresh Fire Conference’ cy’Itorero Christ Kingdom Embassy cyagarutse

Igiterane ngarukamwaka 'Fresh Fire Conference' gitegurwa n'Itorero Christ Kingdom Embassy rya Pastor

Irushanwa rya ‘Rwanda Gospel Stars Live’ rigiye gukomereza i Huye

Kuva tariki 2 Werurwe 2024 hatangiye urugendo rwo gushakisha abanyempano mu ndirimbo

Pastor Ndayishimiye yasohoye indirimbo ihumuriza abantu-VIDEO

Umuhanzi w'Indirimbo zihimbaza Imana akaba n'Umupasitori, Jean Marie Ndatishimiye yasohoye indirimbo nshya

King James aravugwaho ubwambuzi bw’ibihumbi 30$

Ruhumuriza James uzwi nka King James mu muziki, uwitwa Pastor Blaise Ntezimana,

Ish Kevin yigaramye gusangira ibyibano n’amabandi, yikoma ababitangaje

Semana Ishimwe Kevin uzwi nka Ish Kevin mu buhanzi, yakubise agatoki ku

Cécile Kayirebwa yashimiwe mu gitaramo cy’amateka- AMAFOTO

Umuhanzi Cécile Kayirebwa, umwe bahanzikazi babimazemo ighe mu Rwanda , yashimiwe n’abakunzi

Abitwaye neza mu buhanzi nserukarubuga bahawe ibihembo

Urugaga rw’Ubuhanzi Nserukarubuga (Rwanda Performing Arts Federation), Inteko y'Umuco, Minisiteri y'Urubyiruko n'Ubuhanzi

Humble Jizzo yateguje umurindi wa Urban Boyz mu gitaramo cya Platini

Ku mugoroba wo ku wa 28 Werurwe 2024, Manzi James wamamaye ku

Igitaramo ‘Ewangelia Easter Celebration’ cyahumuye

Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda wasabye abantu kuzitabira igitaramo kigamije gufasha Abaturarwanda

Umunyamakuru n’Umukinnyi bikije ku rukundo rw’abo amaboko atareshya

Bibebityo Anicet 'Polyvalent' umunyamakuru wa Radiyo Huye na Uwase Mignonne usanzwe ari

Ama G The Black yahishuye imvano y’indirimbo yise ‘Ni Insazi’-VIDEO

Hakizimana Amani wamamaye nka Ama G The Black mu muziki yatangaje ko

Inyamibwa zigiye kubara inkuru y’urugendo rw’imyaka 30 u Rwanda ruzutse

Imyaka 30 irashize u Rwanda rubonye ubuzima bushya bugereranywa n’umuzuko kuko rufatwa

Iserukiramuco ryo kumurika indyo mpuzamahanga ryahumuye i Kigali

Ibirori byahumuye mu mujyi wa Kigali aho amwe mu ma Hoteli na