Imyidagaduro

Maitre Dodian yashinze studio aha akazi aba ‘producers’ bakomeye

Ngarukiyintwali Jean de Dieu, uzwi nka Maitre Dodian mu muziki, aherutse gushinga studio yise ‘Global Music’ itunganya indirimbo z’abahanzi mu…

Umusizi Kibasumba Confiance yinjiye mu bwanditsi bw’ibitabo

Umusizi Kibasumba Confiance yatangaje ko yinjiye mu bwanditsi bw'ibitabo ndetse agiye kumurika ku mugaragaro igitabo cye cya mbere yanditse yise…

Rj The DJ agiye kwizihiriza imyaka 20 amaze mu kuvanga imiziki i Kigali

Romy Jons wamamaye nka RJ The DJ, uvangira imiziki Diamond Platnumz, ategerejwe i Kigali mu birori byo kwizihiza imyaka 20 amaze…

Super Manager urega MTN ntiyanyuzwe n’icyemezo cy’urukiko

Gakumba Patrick wamamaye nka Super Manager wareze MTN Rwanda PLC ashaka indishyi ya miliyoni 380Frw, urikiko rwavuze ko atari MTN…

Umukobwa w’ikimero wakundanye na Kwizera Olivier agiye kurushinga

Ababiri baruta umwe. Iyo umwe aguye, undi ashobora kumufasha kubyuka. Ayo ni amagambo aboneka muri Bibiliya, ari ku butumire bwa…

Korali “Ambassadors of Christ” igiye kwizihiza isabukuru y’imyaka 30

Korali Ambassadors of Christ ibarizwa mu Itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi, yatangiye imyiteguro y’igitaramo cyo kwizihiza imyaka 30 imaze mu…

- Advertisement -
Ad image