Imyidagaduro

Samusure wari warahungiye amadeni muri Mozambique yatahutse

Kalisa Ernest wamamaye nka Samusure muri senema, wari umaze imyaka itatu yarahungiye muri Mozambique kubera amadeni arenga miliyoni 11 Frw…

“MTN Iwacu Muzika Festival” igiye kongera kuzenguruka igihugu

Ibitaramo bya “MTN Iwacu Muzika Festival” bigiye kongera kuzenguruka Intara z’u Rwanda, nk’uko ubuyobozi bwa EAP bwabitangaje. Kuri uyu wa…

Addy d’Afrique yakoze indirimbo irata ubutwari bw’ababyeyi b’abagore

Umuhanzikazi mu njyana gakondo, Ishimwe Adelaide, ukoresha amazina ya Addy d’Afrique, yasohoye indirimbo yise “Banguka Unyihoreze” irata ubutwari bw’ababyeyi b’abagore,…

Hagiye gutangizwa “Life of Impact” ihuza kuramya Imana n’ubujyanama

Mu gihe abiganjemo urubyiruko bakomeje guhura n’ibibazo by'ingutu bikomoka ku rujijo rw’icyerekezo, hagiye gutangira umushinga "Life of Impact" ugamije kubafasha kwimenya…

Gloria Bugie yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga

Umunyarwandakazi Gloria Bugie ukorera umuziki muri Uganda, yateje ururondogoro muri icyo gihugu nyuma yo gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye ya…

Bruce Melodie yahamije kuzengurukana igihugu na The Ben

Umuhanzi Bruce Melodie yahamije ko we na The Ben bagiye kuzenguruka igihugu mu bitaramo byiswe ‘2026 Summer Country Tour’. Ibi…

- Advertisement -
Ad image