Imyidagaduro

Umukobwa w’ikimero wakundanye na Kwizera Olivier agiye kurushinga

Ababiri baruta umwe. Iyo umwe aguye, undi ashobora kumufasha kubyuka. Ayo ni amagambo aboneka muri Bibiliya, ari ku butumire bwa…

Korali “Ambassadors of Christ” igiye kwizihiza isabukuru y’imyaka 30

Korali Ambassadors of Christ ibarizwa mu Itorero ry’Abadivantisiti b’umunsi wa karindwi, yatangiye imyiteguro y’igitaramo cyo kwizihiza imyaka 30 imaze mu…

Ndahiro Valens Pappy yasohoye indirimbo avuga uko abanzi bamugose-YUMVE

Umunyamakuru Ndahiro Valens Papy yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Abanzi’, agaragaza ko afite ubwoba kubera imikaka ishinyitse ifite imbaraga ishaka…

Hashinzwe urubuga ruzafasha abahanzi gucuruza imiziki yabo

Abahanzi badasiba gutaka gukora ibihangano ariko bagataka ko byinjiriza abandi, bikabagiraho ingaruka zinyuranye, bashyiriweho urubuga rwiswe Flolup rwo kumva no…

Bruce Melodie ku rutonde rw’abahataniye ibihembo bitangirwa i Rubavu

Bruce Melodie uri mu bahanzi bamaze kugwiza ibigwi mu muziki nyarwanda, ari ku rutonde rw’abahatanye mu bihembo bya “Rubavu Music…

U Rwanda rwungutse umuhanzi wa mbere wa AI

Sibomana Daniel, wari usanzwe azwi ku izina rya X-Bow Man mu muziki, yabaye Umunyarwanda wa mbere watangiye gukora indirimbo nk’umuhanzi…

- Advertisement -
Ad image