Imyidagaduro

Bijoux uzwi muri Filime ya Bamenya na Sentore basohoye itariki y’ubukwe

Umukinnyi wa filime nyarwanda Munezero Aline wamenyekanye cyane muri Bamenya Series nka

Rubavu: Hagiye gutangwa ibihembo bya Bugoyi Side Awards ku nshuro ya mbere

Ku nshuro ya mbere mu Karere ka Rubavu i Burengerazuba bw'u Rwanda

UMUSEKE Top 10: Urutonde rw’indirimbo zikunzwe cyane mu Rwanda muri iki Cyumweru

Umuseke Top 10 Weekly Chart ni indirimbo zitoranywa n’abakunzi ba UMUSEKE buri

Omah Lay yageze i Kigali aho ategerejwe mu gitaramo kuri uyu wa Gatandatu

Umuhanzi ukomeye muri Nigeria, Omah Lay, yageze mu Rwanda aho aje mu

Umuraperi BJ Crowd yasohoye indirimbo “Ijabiro” irimo isengesho risaba Imana guhindura ibihe

Umuhanzi Nyarwanda Bizimana Jean Claude ukoresha izina rya BJ Crowd uri mu

Bull Dogg yiyongereye mu bahanzi bazaririmba mu gitaramo cyatumiwemo umunya-Nigeria Rema

Ndayishimiye Malick Bertrand wamamaye mu muziki mu njyana ya Hip Hop nka

Ndagijimana Juvenal wamenyekanye mu Itorero ry’Igihugu yitabye Imana

Ndagijimana Juvenal, wamenyekanye cyane mu mbyino gakondo akaba yari n’umwuzukuru wa Rukara

Idindira rya muzika yo mu Ntara mu mboni z’abayikora n’abakurikira imyidagaduro mu Rwanda

Mu gihe gishize wasangaga nta wucira akari urutega muzika Nyarwanda, byari bigoye

Alen Mun na Pasco basohoye indirimbo “Inzu” bitezeho gukundwa n’ingeri zose-VIDEO

Nyuma y’iminsi ategerejwe n’abakunzi be, umuhanzi Alen Mun yongeye kugaragara mu ndirimbo

Cristiano Ronaldo ategereje abana b’impanga, n’ubundi mbere yarazibyaye

Rutahizamu ukomoka muri Portugal ukinira ikipe ya Manchester United mu Bwongereza, Cristiano

Mico The Best na Ngwinundebe Clarisse ntibanyuzwe n’amafoto y’ubukwe, bifotoje andi

Umuhanzi Mico The Best uherutse gukora ubukwe na Ngwinundebe Clarisse ntiyanyuzwe n’amafoto

Bagarutse bushya ! Juno Kizigenza yakoresheje Ariel Wayz mu ndirimbo ye ‘Birenze’

Kwizera Bosco Junior nka Juno Kizigenza yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Birenze’

Umuramyi “Jado Kelly” yinjiranye mu muziki indirimbo yibutsa ko Imana iturisha imiraba

Uwimana Jean de Dieu wamaze gufata izina ry’ubuhanzi rya Jado Kelly yinjiye

Uwayezu uheruka kwegura ku mwanya w’Umunyamabanga wa FERWAFA yateye ivi

Uwahoze ari Umunyamabanga wa FERWAFA, Uwayezu François Regis yateye ivi asaba Isaro

Uhagarariye Bruce Melodie yivuze ibigwi nyuma yo kwakirwa na Mayor w’Umujyi wa Kigali

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Pudence Rubingisa yakiriye mu biro bye umuhanzi Itahiwacu