Inkuru Nyamukuru

Kenya yashyizeho icyunamo – Umusirikare mukuru yapfanye n’abandi 9

Perezida wa Kenya, William Ruto, yatangaje ko yashenguwe n'urupfu rw' Umugaba mukuru

Rwanda: Imirenge  24 niyo idafite ishuri ry’imyuga

Minisitiri w'Intebe w'u Rwanda, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko ubu mu Rwanda

Kugaburira abana ku ishuri byazibye icyuho cy’abarivagamo ubutitsa

Leta y'u Rwanda yatangaje ko yiyemeje guteza imbere gahunda yo kugaburira abanyeshuri

U Rwanda mu bihugu bifite ubukungu bukomeje kwihagararaho

Raporo ya Banki y'Isi iheruka gusohoka yagaragaje ko u Rwanda ari kimwe

RPL: Rulisa yahawe Bugesera na Rayon Sports

Umukino w’umunsi wa 27 wa shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu bagabo ndetse

Uganda: Ikirego cy’abashinjwa kuba intasi z’u Rwanda cyahagaritswe

Ubutabera bw’igihugu cya Uganda bwahagaritse gukurikirana abasirikare n’abapolisi bashinjwaga ibyaha byo kuba

Karongi: Abaturage bigobotoye Malaria yari yarabafashe ku gakanu

Uko Abajyanama b’ubuzima barushaho guhabwa ubumenyi mu gusigasira ubuzima bw'abanyarwanda mu byiciro

Perezida Kagame yavuze aho byerekera muri ½ cya UEFA Champions Ligue

Umwe mu bakunda imikino, akaba umufana wa Arsenal yo mu Bwongereza, Perezida

Abakozi 6 barimo ukomeye mu bitaro bya Nyanza “barasaba kurenganurwa”

Abakozi 6 barimo ukomeye mu bitaro bya Nyanza, wahagaritswe amezi atandatu bavuga

Bugesera FC yanyomoje ibyavugwaga na benshi

Ikipe ya Rayon Sports yatsindiwe mu rugo na Bugesera FC igitego 1-0,

Muhanga: Abaturage bategetswe kurandura ibishyimbo biteze

Bamwe mu baturage batuye mu Kagari ka Mubuga, Umurenge wa Shyogwe baravuga

Umunyemari Rujugiro yapfiriye mu buhungiro

Amakuru avuga ko umunyemari Ayabatwa Tribert Rujugiro yapfuye afite imyaka 82, uyu

Deal: U Rwanda ruzabona miliyoni 50£ itegeko ryo kohereza abimukira nirisinywa

Guverinoma y’Ubwongereza itangaza ko iteganya guha u Rwanda miliyoni 50 z’ama-Pound (£)

Amafoto y’umusirikare wa FARDC yishimanye n’ikizungerezi yaciye ibintu

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gusakara amafoto y'umusirikare wa Repubulika ya Demokarasi ya

Nyaruguru: Abantu batanu bagwiriwe n’inzu

Abantu batanu bo mu Karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Rusenge bagwiriwe