Inkuru Nyamukuru

U Rwanda rwakiriye impunzi 91 zivuye muri Libya

Guverinoma y’u Rwanda yakiriye impunzi 91 zivuye muri Libya, aho zari zimaze

Gen Muhoozi yagizwe Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda

Gen Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, akaba

Rayon Sports yahembye abitwaye neza muri Gashyantare (AMAFOTO)

Abakinnyi barimo Umunyezamu, Khadime N’diaye na Myugariro Uwimbabazi Immaculée bahembwe nk’abitwaye neza

Nyanza: Mu murima w’umuturage hahinzwe urumogi

Mu karere ka Nyanza mu murenge wa Kigoma mu kagari ka Mulinja

Perezida wa Rotary International ashima uruhare rwayo mu iterambere ry’u Rwanda

Perezida wa Rotary International, Gordon McInally,  yashimye uruhare rw’uyu muryango mu iterambere

Paris: Udukingirizo turenga ibihumbi 200 tuzatangwa mu mikino Olempike

Inzego zishinzwe ubuzima mu mikino Olempike iteganyijwe kubera i Paris mu Bufaransa

Abapolisi b’u Rwanda bari Sudani y’Epfo na Centrafrique bambitswe imidali

Abapolisi b’u Rwanda 425 bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro, barimo 240

Perezida Kagame yasabye abayobozi bakuru kudakorera ku jisho

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda yibukije abagize Guverinoma n'abandi bayobozi bakuru mu

Inyamibwa zigiye kubara inkuru y’urugendo rw’imyaka 30 u Rwanda ruzutse

Imyaka 30 irashize u Rwanda rubonye ubuzima bushya bugereranywa n’umuzuko kuko rufatwa

Perezida Kagame yakiriye umuyobozi ukomeye mu Bushinwa

Perezida wa Repubulika y'u Rwanda, Paul Kagame yagiranye ibiganiro n’Umuyobozi Wungirije muri

Sositeye Civile irasaba Leta kuzamura imikorere ya Postes de Santé

Mu Rwanda, isesengura ryakozwe n’umuryango IDA Rwanda ku bufatanye na Sosiyete civile

Rwanda: Akato n’ihezwa ku bafite Virusi itera SIDA kagabanutseho 90%

Umuyobozi w'Urugaga Nyarwanda rw'abafite Virusi itera SIDA Muneza Slyvie, avuga ko akato

Ibyo umutoza w’Amavubi yiteze mu mikino ya gicuti

Umutoza w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda’ Amavubi’, Frank Spittler yatangaje ko imikino ya

Lutundula yajyanye ubutumwa bwa Tshisekedi muri Angola

Perezida wa Angola, Joao Lourenço,  kuri uyu wa kabiri tariki ya 19

Huye: Umwarimukazi umaze igihe gito abyaye urupfu rwe rwatunguye bagenzi be

Umwarimukazi wigishaga ku ishuri riherereye mu karere ka Huye yapfuye urupfu rutunguranye